Mu Ntara ya Guizhou mu Bushinwa hatashywe ikiraro kiri ku butumburuke bwa metero 625 hejuru y’uruzi rwa Beipan ruca mu misozi miremire iri muri aka gace. Ni cyo kiraro kiri hejuru mu butumburuke kurus...
Umuturage wo mu Murenge wa Kanyinya mu Karere ka Nyarugenge witwa Nkundwanabake Cedrick amaze gukorana n’urubyiruko rw’aho atuye bakura mu ruzi rwa Nyabarongo imyanda ya pulasitiki ipima toni 20. Yabw...
Dr. Bernadette Arakwiye uyobora Minisiteri y’ibidukikije avuga ko hamwe muho u Rwanda rushora ari mu gusukura ikirere cyarwo kugira ngo abarutuye bahumeke umwuka usukuye. Yabwiye abaje kwifatanya n’am...
Mu gihe cy’iminsi 15, Ikigo cy’igihugu kibungabunga ibidukikije, REMA, kimaze gusuzuma ubuziranenge bw’ibyuka biva mu binyabiziga 1000 kandi uwo murimo urakomeje. Intego ni ugukangurira abantu g...
Mu myaka yabanjirije COVID -19, mu bice byinshi by’u Rwanda havugwaga ibyuma byakinirwagaho imikino y’amahirwe byavugwaho kurya abantu amafaranga bigateza impagarara mu miryango. Ese ubu b...
Tariki 25, Kanama, 2025 niyo tariki yemejwe na REMA ko buri kinyabiziga cyo mu Rwanda kigomba gutangira kujya gusuzumisha ubuziranenge bw’ibyuka gisohora. Itangazo REMA yashyize kuri X rivuga ko ibiny...
Abatuye Imirenge ya Cyinzuzi na Masoro muri Rulindo babwiye abakozi ba RIB nabo mu kigo cy’igihugu gishinzwe Mini, Petelori na gazi ko bacengewe n’ubukangurambaga bahawe mu kurinda ibidukikije. Baseze...
Abana bahagarariye bagenzi babo baherutse kubwira abayobozi muri REMA bari babatumiye ngo baganire, ko ingaruka z’imihindagurikire y’ikirere zituma batajya kwiga. Uw’i Burera yavuze ko iyo ikiraro gic...
Ubukene buri mu ngo nyinshi z’Abanyarwanda ntibugira ingaruka ku mafunguro bafata, kubyo bambara, aho baba no mu kwivuza gusa ahubwo bugira ingaruka no ku bidukikije cyanecyane amashyamba. Barayatema ...
Imirambo ine niyo imaze kuboneka y’abantu batwawe n’amazi y’imvura nyinshi yaguye Tariki 05, Kanama, 2025 mu Mujyi wa Beni mu Ntara ya Kivu ya Ruguru, abandi biganjemo abana bakaba b...









