Israel ifite agahinda n’umujinya yatewe n’uko umuntu ukora iterabwoba yiciye abantu barindwi mu isinagogi ubwo bari bagiye gusenga basabira Abayahudi bazize Jenoside yabakorewe mu gihe cy’Abanazi. Ni ...
Umunyarwanda akaba n’umusifuzi mpuzamahanga witwa Uwikunda Samuel yahawe gusifura umukino wa ¼ wa CHAN 2022 uri buhuze Ghana na Niger ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 28 Mutarama 2023. ...
Nyuma yo gutongana bapfa umurima, umuhungu w’imyaka 22 muri Kenya ahitwa Longisa yahiriye Se w’imyaka 60 mu bwiherero bamukuramo yanegekaye. Se w’uriya musore yitwa Samuel Tanui. Nyuma y’iminsi ibiri...
Mu Karere ka Kamonyi kuri uyu wa Kane tariki ya 26 Mutarama Polisi yahatiye Nizeyimana Salatiel w’imyaka 27 y’amavuko akurikiranyweho gukora $2,550. Umuvugizi wayo mu Ntara y’Amajyepfo Chief Inspecto...
Umuvugizi w’ingabo za FARDC zikorera muri Kivu y’Amajyaruguru witwa Lt Col Njike Kaiko yavuze ko ari bo, mu mayeri ya gisirikare, baretse k’ubushake M23 ifata umujyi wa Kitshanga banga ko abasivili ba...
Mu rwego rwo gutanga ubutabera binyuze mu bwiyunge no kubaka amahoro, Guverinoma y’u Rwanda yatangije uburyo bwo gusaba imbabazi bikozwe n’uwahemutse bityo uwahemukiwe akamubabarira, bakiyunga kandi b...
Abanyarwanda baca umugani uvuga ko ‘ntawe uvuma iritararenga’ kandi ngo ‘abadapfuye ntibabura kubonana’. Mu buryo buhuje n’iyi migani, umugabo wo muri Uganda ahitwa Soroti yahuye n’abagize umuryango ...
Ibyishimo ni byinshi ku baturage b’Umurenge wa Ruli muri Gakenke n’uwa Rongi muri Muhanga nyuma y’uko ikiraro cyambuka Nyabarongo giciye mu kirere cyuzuye. Kizabafasha guhahirana, kwivuza no gushyikir...
Perezida Paul Kagame yaganiriye n’Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Umuryango w’ibihugu bivuga Icyongereza witwa Patricia Scotland. Ku rukuta rwa Twitter rwa Perezidansi y’u Rwanda handitse ko abayoboz...
Umushinjacyaha mukuru uyobora Urwego rwasigariyeho inkiko zashyiriweho guhana abakoze Jeniside yakorewe Abatutsi, Dr. Serge Brammertz yavuze ko n’ubwo abagiriye nabi abandi bakoze ibintu bibim ariko ...









