Mu Murenge wa Kinihira mu Karere ka Ruhango haravugwa umugabo witwa Kabayiza Cyprien ushinjwa gutema Nyina, mwishywa we ndetse n’inka yo muri urwo rugo bari batunze. Nyina yitwa Karutamashyo Colette ...
Mu igare ry’abafite ubumuga, Papa Francis yagezeku kibuga mpuzamahanga cy’I Kinshasa.] Yakiriwe n’abayobozi bakuru ba DRC ndetse n’abo muri Kiliziya gatulika. Papa Francis azasura Repubulika ya Demuka...
Mbere ya Jenoside yakorewe Abatutsi u Rwanda hari ibyo rwari rwaragezeho. Hari imihanda ya kaburimbo yari ihari, imiturirwa, ibibuga by’umupira w’amaguru, amashuri n’ibindi. Uwavuga ko nta terambere ...
Hagati y’italiki 13 n’italiki 14, Gashyantare, 2023 mu Rwanda hazateranira inama mpuzamahanga izahuza abahinzi b’ikawa baturutse hirya no hino ku isi bakigira hamwe uko kiriya gihingwa ngengabukungu c...
Raporo ikorwa n’ibigo mpuzamahanga bigenzura uko ruswa irwanywa ku isi yitwa CPI ivuga ko u Rwanda rwasubiye inyuma mu kurwanya ruswa ho imyanya ibiri. Ubu ruri ku mwanya wa kane muri Afurika, rukaba ...
Iyi mibare itangwa n’inzego zirebwa n’imibereho y’impunzi ari zo UNHCR na MINEMA ku rwego rw’u Rwanda. Kugeza ubu ku munsi mu Rwanda hinjira impunzi zigera ku bantu 50 cyangwa bakarenga. Barahunga umu...
Mu kigo gisuzuma imiterere y’ibinyabiziga giherereye i Remera mu Karere ka Gasabo hafatiwe uwitwa Minani Samuel ufite imyaka 39 wari ufite uruhushya rwa burundu rwo gutwara ibinyabiziga rw’uruhimbano....
Abahinzi bo mu Murenge wa Simbi mu Karere ka Huye bavuga ko abayobozi babo bababujije kwenga kwenga no gutara umutobe ngo bazanywe urwagwa biyengeye. Bategekwa kujyana ibitoki ku isoko rya Cyizi bakag...
Repubulika ya Demukarasi ya Congo yategetse ko abasirikare b’u Rwanda babaga mu buyobozi bw’umutwe w’ingabo z’Akarere zagiye yo gufatanya n’abandi kuhagurura amahoro, zitaha. Itangazo ryasinywe n’umuv...
Umuhanzi ukomeye kurusha abandi muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Koffi Olomide yifatiye mu gahanga bagenzi be muri kiriya gihugu bahora bashinja u Rwanda kubiba imitungo. Mu kiganiro yahaye umu...









