Mu Karere ka Nyagatare hagiye kuzura uruganda rukora amata y’ifu. Ruzajya rukusanya amata y’inka zo muri Nyagatare, muri Gatsibo, muri Kayonza no muri Kirehe. Ni two turere dufite inka nyinshi kurusha...
Mu mpera z’Icyumweru gishize Minisitiri w’umutekano Alfred Gasana yabwiye itangazamakuru ko hari abantu 10 bamaze gutabwa muri yombi bakurikiranyweho gutema abaturage no kubakubita ibyuma bita imitali...
Komisiyo ya FERWAFA ishinzwe gutegura amarushanwa yatangaje ko italiki yo gutangiriraho imikino y’amajonjora mu gikombe cy’amahoro yimuwe. Yashyizwe taliki 14, Gashyantare, aho kuba taliki 07, Gashyan...
Knows abaze kwegukana ibihembo 32 byitwa Grammy Awads. Niwe ufite byinshi kurusha abandi bose babihataniye kuva byatangira gutangwa. Mu rukerera rwo kuri uyu wa Mbere taliki 06, Gashyantare, 2023 nibw...
Raporo ya buri Cyumweru yerekana ibihugu u Rwanda rwoherereje ibihingwa cyangwa ibikomoka ku matungo byinshi mu gihe kingana n’Icyumweru, yerekana ko kimwe mu bihugu rwoherereje amata ari Sudani y’Epf...
Abantu bataramenyakana barashe indege ya MONUSCO kuri iki Cyumweru taliki 05, Gashyantare, 2023 umuntu umwe mubari bayirimo ahasiga ubuzima, undi arakomereka cyane. Byabereye mu Mujyi wa Beni mu Ntara...
Nigeria nicyo gihugu gikize kurusha ibindi muri Afurika kandi ubu bukire bigaragara ko buzamara igihe nk’uko Ikigega mpuzamahanga cy’imari giherutse kubitangaza. Ni cyo gihugu kandi gituwe n’abantu be...
Umwana wahembwe yitwa Alexis Ndahimana. Aherutse kurusha abandi bigaga mu kiciro cy’ubumenyi rusange bakoze ibizamini bya Leta mu bumenyi rusange mu mwaka wamashuri 2021-2022. Nibwa ubwa mbere bibaye ...
Mu gihe habura umunsi umwe gusa ngo irushanwa ngarukamwaka ry’igikombe cy’Amahoro ritangire, ubuyobozi bwa AS Kigali bwatangaje ko butarikina. Rizatangira taliki 7, Gashyantare, 2023. Ubusanzwe amak...
Imibare itangwa n’inzego z’ubuzima muri Turikiya na Syria ivuga ko abantu bamaze kuberurwa ko bahitanywe n’umutingito waraye ubaye mu gice ibihugu byombi bihuriyeho, bamaze kuba 500....









