Inzego z’umutekano za Zambia zongeye guta muri yombi imiryango ine y’abanya Croatia bari baherutse kugirwa abere n’urukiko ku byaha byo gucuruza abana bari bakurikiranyweho. Bafashwe mu rwego rwo kuba...
Umurenge wa Gahanga ni umwe mu mirenge 10 igize Akarere ka Kicukiro. Mu minsi yabanjirije n’ikurikiye Ubunani ubujura bukorwa n’abitwaje intwaro gakondo bwariyongereye none abatuye Akagari ka Kagasa b...
Mu kiganiro yahaye itangazamakuru, Umunyamabanga mukuru w’Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, (Rtd) Col Jeannot Ruhunga yavuze ko myaka hafi itanu urwego ayobora rumaze rushinzwe, abagenzacyaha b...
Dr.Emmanuel Ugirashebukja yabwiye abagenzacyaha baje mu Nama rusange y’Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha ko mu kazi kabo [katoroshye] bagomba kuzirikana ko ibimenyetso bakusanyije, baba bagomba kubyi...
Abantu bane bo mu turere twa Rulindo, Musanze na Rusizi baherutse gutirwa muri operation ya Polisi y’u Rwanda basanganwa udupfunyika 3,553 tw’urumogi. Bafashwe hagati y’italiki 04 n’italiki 05, Gashya...
Nta mezi arindwi arashira ubuyobozi bw’inzibacyuho bwa Mali butegetse ko Olivier Salgado wari umuvugizi wa MINUSMA kubavira ku butaka. Ubu hatahiwe ushinzwe uburenganzira bwa muntu muri MINUSMA witwa ...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yandikiye ubutumwa ubuyobozi bwa Turikiya na Syria abwihanganisha nyuma y’uko ibi bihugu bipfushije abantu benshi bazize umutungito wabaye kuri uyu wa ...
Mu Mudugudu wa Bisenga, Akagari ka Bisenga mu Murenge wa Rusororo mu Karere ka Gasabo haravugwa umugore watemye umugabo we amuziza ko umutungo awushyira umugore ‘mukuru.’ Uwo mugore uvugwaho icyo cyah...
Mu Murenge wa Gacaca mu Karere ka Musanze hari isoko rifite ubwiherero bugizwe n’ibyumba bitatu ariko bintinze ibiti byamaze kubora. Ababwifashisha batakambira inzego zo bwasanwa kandi bukagirwa bwins...
Ni wo mutingito ukomeye ubayeho mu mateka y’ikinyejana cya 21 kuva cyatangira. Wabereye mu gice gihuza Syria na Turikiya mu rukerera rwo kuri uyu wa Mbera, taliki 06, Gashyantare, 2023. Uko amas...








