Kuri uyu wa Gatatu taliki 08, Gashyantare, 2023 mu Mudugudu wa Biryogo, Akagari ka Cyimo mu Murenge wa Masaka muri Kicukiro umwana w’imyaka icyenda(9) yakuwe mu mwobo abawubonye bavuga ko ureshya na m...
Abatuye Umurenge wa Muko mu Karere ka Musanze bavuga ko hari bagenzi babo b’abahinzi bari baratabiye ibijumba mu kabande bataka igihombo kubera ko ubuyobozi bw’uyu murenge buherutse kubasaba kuyirandu...
Perezida Paul Kagame yaraye abwiye abahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda ko iyo ibihugu byabo bihora bishinja u Rwanda guhungabanya DRC kandi atari byo, biba biri kuyihemukira kubera ko bituma idafata...
David Icyishaka uzwi nka Davis D mu mwuga w’ubuhanzi yaraye agongoye umumotari kuri SEGEMU i Gikondo. Ku bw’amahirwe nta muntu yahitanye. Iriya mpanuka ku masaha ya mbere ya Saa Sita, ibera mu Akarer...
Abasore babiri bo mu Karere ka Gasabo bemeye ko bishe uwakoraga uburaya bamuziza ko yari yibye umwe muri bo Frw 3,000. Barangije kumwica bamushyira mu mufuka w’ibishingwe. Byabereye mu Mudugudu wa Gis...
Imibare[ishobora kwiyongera] ivuga ko abantu 9,500 ari bo bamaze kubarurwa ko bishwe n’umutingito wabaye mu gice gihuza Syria na Turikiya. Wabaye mu rukerera rwo ku wa Mbere taliki 06, Gashyantare, 20...
Minisitiri w’imari n’igenamigambi Dr. Uzziel Ndagijimana yabwiye Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda ko bifuza ko ingengo y’imari yari yatowe n’Abadepite ingana na miliyari Frw 4,658.4 , yongerwa ikab...
Mu buzima hari ibintu bibiri bitangaza abantu kurusha ibindi. Gusaza no gusinzira. Gusaza ni byo ni ikindi kindi. Abantu bibaza ikintu kiba mu mubiri w’umuntu gituma umusore w’inkorokoro ahinduka umus...
Nyuma yo gutsinda amanota menshi mu mukino waraye uhuje Los Angeles Lakers na Oklahoma City Thunder, LeBron James yahise aba umukinnyi wa mbere winjije amanota menshi ku isi. Kugeza ubu afite amanota ...
Mu Kagari ka Nyabisindu mu Murenge wa Remera mu Karere ka Gasabo haravugwa inkuru ibabaje y’abantu batatu( Umugabo n’abane be babiri) bapfuye mu buryo bamwe bise ‘amayobera’. Umugore niwe wasigaye ari...









