Eric Dusabimana wo mu Murenge wa Mbuye mu Karere ka Ruhango yaguye kwa muganga azize ibuye yatewe umufana wa Rayon Sports witwa Anaclet Tuyishimire ubwo yari aje kumukiza ari kurwana na mugenzi we ufa...
Hari ibiganiro hagati y’Ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere, RDB, n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubumenyi, ubuhanga n’umuco, UNESCO, bigamije kwemera ko ishyamba rya Nyungwe riba kimwe ...
Inama itangwa n’ikigo gifite mu nshingano kubungabunga indangarubuga ya .rw ku bakoresha murandasi mu bikorwa bya buri munsi, RICTA, ivuga ko abakoresha indangarubuga nka .com ni izindi zinyuranye ba...
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu Dr. Jean Damascène Bizimana avuga aho ibiganiro byo kwemerera inzibutso za Jenoside mu Rwanda bigeze mu murage w’isi, bitanga icyiz...
Mu ijambo yageneye abari bitabiriye igikorwa cyo gusengera u Rwanda kitwa Rwanda Leaders Fellowship, Madamu Jeannette Kagame yibukije ababyeyi ko abana babo baba bakeneye kenshi. Yabwiye ababyeyi ko i...
Perezida wa Uganda Yoweli Museveni yakiriye mu Biro bye mugenzi we uyobora Kenya witwa William Ruto uri mu ruzinduko rwe rwa mbere akoreye muri Uganda kuva yaba Perezida. Itangazo ryo mu Biro bya Pere...
Perezida Kagame yabwiye urubyiruko 200 rwaturutse hirya no hino muri Afurika ko rudakwiye guhora rwibutswa ko rushoboye. Rwaje kwitabira isabukuru y’imyaka 20 ishize hashinzwe Umuryango Giants of Afri...
Kuri uyu wa Gatandatu taliki 12, Kanama, 2023 habaye umukino uruta iyindi muri Football yo mu Rwanda wahuje amakipe atajya imbizi ari yo Rayon Sports na APR FC. Warangiye Rayon Sports itsinze APR FC i...
Jin Park ushinzwe ububanyi n’amahanga bwa Koreya y’Epfo ari mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi ibiri. Nyuma y’uko ahageze, yahise ajya gusura urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi bwa Kigali ruri ku ...
Claudine Uwamahoro w’imyaka 28 y’amavuko uherutse gusezerana n’Umwongereza w’imyaka 56 y’amavuko yimwe visa yo kujyana n’umugabo we ngo babane mu Bwongereza. Umugabo wa Uwamahoro yitwa Simon Danczuk a...









