Gicumbi Handball Club ivuga ko igikomeje intego yo kwegukana igikombe cya Shampiyona kizatangirwa gukinirwa mu mpera za Gashyantare, 2023. Perezida w’iyi kipe Felicien Nizeyimana uherutse gutorwa, av...
Nk’umushyitsi mukuru mu nama mpuzamahanga y’iminsi ibiri iri kubera mu Rwanda, Minisitiri w’ubuhinzi n’ubworozi, Dr. Geraldine Mukeshimana yavuze ko n’ubwo ikawa ari kimwe mu binyobwa by’ingirakamaro ...
Ubuyobozi bw’Urwunge rw’amashuri rwa Mubuga II Mu Murenge wa Muzo mu Karere ka Gakenke, buvuga ko kuva cyashingwa mu mwaka wa 1948, cyafashije benshi kugira ubumenyi bwatumye bateza n’igihugu cyabo im...
Minisitiri w’intebe Dr. Edouard Ngirente yabwiye abayobozi bitabiriye Inama mpuzamahanga yiga ku miyoborere Ebonee yabereye i Dubai muri Leta zunze ubumwe z’Abarabu ko u Rwanda rwahisemo kwifashisha i...
Mu Murenge wa Kanzenze mu Karere ka Rubavu haherutse gufatirwa abantu batatu barimo abagore babiri bakurikikiranyweho gukwirakwiza urumogi. Bose hamwe bafatanywe udupfunyika 2,040. Umugabo wafashwe af...
Polisi ya Kenya yataye muri yombi abantu batanu ikurikiranyeho kwiba uruhinja. Nyina w’urwo ruhinja avuga ko azi neza ko yabyaye impanga ariko atungurwa no kubona abaganga bamuha umwana umwe. Abenshi ...
Abafana ba Rayon Sports baraye mu byishimo nyuma yo gutsindira APR FC kuri Stade mpuzamahanga ya Huye. Yayitsinze igitego 1-0, biyibera intsinzi yari ikumbuye kubera ko yabiherukaga mu myaka ine ishiz...
Agakiriro ka Gisozi mu Karere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali haraye gafashwe n’inkongi mu gice kibikwamo imbaho zirashya ziratokombera! Mu ijoro ryo ku itariki 12 Gashyatare 2023 nibwo byabaye. Polisi ...
Ikawa ni igihingwa abahanga bemeranya ko gikomoka muri Brazil. Hari n’abavuga ko ari cyo kinyobwa kinyobwa n’abantu benshi nyuma y’amazi. Umuntu wese unywa ikawa azi uburyo itera akanyabugabo k’umuntu...
N’ubwo itarerura ngo itangaze ko yivanye mu Muryango w’Afurika y’i Burasirazuba, EAC, Repubulika ya Demukarasi ya Congo iri gukora uko ishoboye ngo ikorane na Angola na Afurika y’Epfo. Abasesengura b...









