Abagenzacyaha bo mu Buhinde batangije iperereza ku bivugwa ko ubuyobozi bwa BBC mu Buhinde bwanyereje imisoro. Polisi yo muri iki gihugu yazindutse isaka ibiro bya BBC biri Mumbai n’i New Delhi ngo ir...
Ibaruragaciro ryakozwe nyuma y’inkongi iherutse kwibasira agakiriro ka Gisozi ryerekanye ko ibyahiye bifite agaciro kagera kuri Miliyari Frw 4. Mu ijoro ryo ku Cyumweru taliki 12, Gashyantare, 2023 ni...
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Jali, Alexis Bucyana n’uw’Akagari ka Agateko, Ephrem Ndagijimana batawe muri yombi bakurikiranyweho icyaha cyo kwaka no kwakira ruswa. Iyo ruswa bayakaga k...
Minisitiri w’intebe w’u Rwanda Dr. Edouard Ngirente yaraye asinyanye na mugenzi we wo muri Leta zunze ubumwe z’Abarabu amasezerano yo kongera ubufatanye hagati ya Kigali na Abu Dhabi. Ibiro bya Minisi...
Mu buryo bwiswe ko ari ‘agateganyo’, ubuyobozi bwa Sunrise bwahagaritse umutoza mukuru w’iyi ikipe witwa Seninga Innocent. Yahagarikanywe n’uwari umwungirije Bibaye nyuma y’ukoiyi kipe itsinzwe na Mar...
Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda wingirije ushinzwe imiyoborere n’abakozi, DIGP Jeanne Chantal Ujeneza yabwiye abapolisi n’abasirikare bamaze amezi ane bishirizwa i Gishari uburyo gucunga umutekano wo m...
Taliki 09, Gashyantare, 2023 i Nairobi ‘hongeye kubera’ inama yahuje Abagaba bakuru b’ingabo zigize umutwe w’Afurika y’i Burasirazuba woherejwe muri DRC ngo bigire hamwe uko zakomeza kohoherezwa. Mu m...
Mu rwego rwo gufasha abana bo mu Mujyi wa Mocimboa da Praia n’uwa Palma gusubira ku ishuri, inzego z’umutekano z’u Rwanda zikorera mu Ntara ya Cabo Delgado, zatanze ibikoresho by’amashuri bigenewe abi...
Abatuye ku misozi ya Mparambo I, Munyika I, Kagazi, Rusiga, Rukana, Rugeregere, Murambi, Kaburantwa, Gasenyi na Ruhagarika muri Komini Rugombo na Komini Buganda mu Ntara ya Cibitoke baratakamba kuko...
Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’ibihugu bivuga Igifaransa Louise Mushikiwabo yafashe mu mugongo abo mu muryango wa Nadine Girault wari uhagarariye uyu muryango muri Canada uherutse gupfa. Ku rukuta...









