Perezida w’u Rwanda akaba yari ayoboye Ishami ry’Afurika yunze ubumwe rishinzwe iterambera, AUDA-NEPAD, yaraye acyebuye ibihugu bikigenda biguru ntege mu gutanga umusanzu wo gushyira mu bikorwa imishi...
Itangazo ryaturutse muri Minisiteri y’ingabo z’u Rwanda rivuga ko kuri uyu wa Kabiri taliki 15, Gashyantare, 2023 hari abasirikare bari hagati ya 12na 14( bagize icyo bita section) binjiye ku butaka b...
Nyuma yo kurahirira kuba Perezida wa Komisiyo y’amatora, Hon Oda Gasinzigwa yavuze hari kwigwa uko amatora ya Perezida wa Repubulika yahuzwa n’ay’Abadepite. Ni mu buryo bwo gucunga neza imari iyakores...
Umugore w’imyaka 44 y’amavuko yakatiwe gufungwa imyaka itandatu azira ubutumwa aherutse gucisha kuri Instagram anenga ko ubutegetsi bwa Putin bwateye Ukraine. Yitwa Maria Ponomarenko akaba asanzwe ari...
Bamwe mu batuye Umurenge wa Rugarika mu Karere ka Kamonyi aho kagabanira n’Akarere ka Nyarugenge bari gutabaza ubuyobozi ngo bubakize ingona zibicira abantu. Babwiye TV1 ko hari abantu benshi bajya ku...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubuzima, OMS, ryatangaje ko muri Equatorial Guinea hongeye kuboneka umurwayi w’indwara yitwa Marburg. Abaganga bavuga ko iyi ndwara ifitanye isani na EBOLA ku...
Ubuyobozi bwa Basketball Africa League bwatangaje uko amakipe 12 ari mu matsinda abiri azakina iri rushanwa azahura. Ikipe ihagarariye u Rwanda muri iyi mikino REG BBC iri mu itsinda rizakinira muri ...
Amakuru aturuka muri Repubuklika ya Demukarasi ya Congo avuga ko ingabo z’u Burundi zoherejwe yo zaraye zizengurutse uruganda rwa zahabu. Abatuye mu gace ruherereyemo bavuga ko zigamije gusahura...
Umugabo witwa Niyitanga Pascal wo mu Karere ka Ngoma, arishyuza aka Karere Miliyoni Frw 50 kubera ko yirukanwe ku kazi ku mpamvu yita akarengane. Avuga ko yakoze ikizamini ku mwanya w’umukozi wungiri...
Mugabe Aristide wabaye Kapiteni w’ikipe y’igihugu ya Basketball yatorewe kuyobora Komisiyo y’Aba ‘athelets’ muri Komite Olimpike y’imikino Nyarwanda yitwa Rwanda National Olympic an...








