Kuva Misiri yabaho kugeza n’ikindi gihe mu mateka yayo, abantu bazamera nk’umwami Ramses II ni mbarwa. Yari umuhanga mu bwubatsi, akaba umugaba w’ingabo w’integeranywa, mbese icyo yakoraga cyose cyara...
Abasiganwa mu kuzenguruka u Rwanda ku ikubitiro barahaguruka i Nyarutarama ahitwa Golf berekeze in Rwamagana. Barakora intera ya Kilometero 115,6. Barahaguruka saa yine. Tour du Rwanda ya 2023 izaki...
Ubwo inama iri guhuriza hamwe Abakuru b’ibihugu by’Afurika iri kubera Addis Ababa muri Ethiopia yari imaze gutangizwa, itsinda rya Israel ryari ryaje nk’indorerezi, ryasabwe gusohoka mu cyumba yaber...
Umusenateri witwa Mike Waltz wo muri Sena y’Amerika aravuza impanda asaba abayobozi b’isi n’ab’ibihugu bikomeye kwitegura guhangana batajenjetse n’ibitero by’iterabwoba kuko Islamic State iri kwisugan...
Umukinnyi w’umukino w’igare watwaye etape ya Tour du Rwanda y’ubushize Moïse Mugisha yavuze ko kuba mu isiganwa rizatangira kuri iki Cyyumweru taliki 19, Gashyantare, 2023 azahatana na Chris Froome um...
Ubugenzacyaha bwataye muri yombi umugore bukeka ho uruhare mu rupfu rw’umugabo we. Abenshi bakeka ko uriya mugore ari we wishe uwo bashakanye amutsinze mu Mudugudu wa Gako, Akagari ka Mbuye mu Murenge...
Imibare y’agateganyo yabaguye mu gitero cyagabwe na Islamic State ivuga ko kugeza mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu, bari bamaze kuba 53. Leta ya Syria yatangaje ‘nta kabuza’ kiriya gitero cyagabwe...
Ku wa Gatanu taliki 17 Gashyantare, 2023, Polisi yafashe abantu batatu batetse anyanga. Yabafatiwe mu Mudugudu wa Jurwe, Akagari ka Mukuyu mu Murenge wa Ndera. K’ubufatanye n’izindi nzego, Polisi ya...
Inama yaraye ihuje Abakuru b’ibihugu byo mu Burasirazuba bw’Afurika yabereye Addis Ababa yanzuye ko imitwe yose yitwaje intwaro igomba gusubira inyuma ikava aho yafashe bitarenze taliki 30 Werurwe, 20...
Vladmir Yann Bajeneza na bagenzi be bahurije mu cyo bise Tek Afrika Ltd bateguye ikoranabuhanga rikoresha uburyo bise School Box avuga ko bakoze uriya mushinga nyuma yo kubona ko hari ababyeyi bahora ...









