Ubwo yatangizaga itorero ry’abayobozi b’utugari two mu Ntara y’i Burasirazuba riri kubera i Nkumba mu Karere ka Burera, Dr. Jean Damascène Bizimana uyobora MINUBUMWE yakebuye abayobozi muri rusange ko...
Ethan Vernon wari uherutse gutwara agace ka mbere kavaga i Kigali kagana i Rwamagana, niwe watwaye n’akavaga i Kigali kagana i Gisagara. Umunyarwanda witwa Eric Muhoza niwe wahize bagenzi be aza ku m...
Uwari Umuyobozi wa Polisi wungirije ushinzwe ibikorwa DIGP Felix Namuhoranye yagizwe umuyobozi mushya wayo. Yasimbuye IGP Dan Munyuza. Bikubiye mu itangazo ryasinyweho na Perezida Paul Kagame. Uwany...
Nyuma y’igihe gito ubwanikiro bw’ibigori byo mu Karere ka Gasabo, Umurenge wa Ndera, bugwiriye abaturage hagapfa abantu 10, mu Karere ka Ngoma n’aho hari ubundi bwagwiriye abaturage hakomereka abantu ...
Polisi mu Ntara y’Amajyepfo haravugwa umugore w’imyaka 22 ukurikiranyweho kwiba moto. Bivugwa ko yayibye arangije arayibaga kugira ngo agurishe ibyuma byayo. Ni uwo mu Karere ka Muhanga. Icyakora Moto...
Ba Gitifu b’utugari 68 bo mu karere ka Nyamasheke babwiye ubuyobozi bw’aka karere bakoreramo ko ubwo bahawe moto, bagiye kurushaho kwegera abaturage. Bazihawe mu rwego rwo kubunganira mu kuzuza inshi...
Umurambo wa Hon Fidel Rwigamba uherutse kwitaba Imana wasezeweho na bagenzi be bari bateraniye mu Nteko ishinga amategeko y’u Rwanda. Hon Rwigamba aherutse gutabaruka azize uburwayi yari amaranye igih...
Umwongereza witwa Ethan Vernon ukinira ikipe yitwa Soudal-QuickStep ni we utsindiye agace ka mbere ka Tour de Rwanda kavaga i Kigali kagana i Rwamagana. Kari agace kareshya na Kilometero 115,6. Bahagu...
Mu Murenge cya Cyabingo mu Karere ka Gakenke haravugwa urupfu rw’abagabo batatu bagiye gucukura amabuye y’agaciro bahuriramo na gazi ihitana babiri. Ibi byago byabereye mu Mudugudu wa Murehe, Akagari ...
A$AP Rocky niwe mugabo wa Roihanna Umunya Barbados wamamaye cyane kubera umuziki akorera muri Amerika. Ubu Rihanna bakunze guhina bakita Rih ari mu byishimo we n’umugabo we ko yasamye inda. Rih yabwiy...









