Umuvugizi w’Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, Dr. Thierry B.Murangira ari i Nkumba aho abanyamabanga nshingwabikorwa b’utugari two mu Burasirazuba bateraniye mu itorero. Yababwiye ko ingengabit...
Mu Murenge wa Mushikiri mu Karere ka Kirehe hari Koperative y’abahinzi bise“Mushikiri Farmers cooperative” ihinga urutoki bya kijyambere k’uburyo insina imwe yera igitoki kipima Ibilo 130. Ni ibilo bi...
Perezida w’u Bushinwa Xi Jinping yabwiye itsinda ry’inararibonye mu ishyaka riyoboye u Bushinwa ko iki gihugu kigomba gushyiraho uburyo buhamye bwo kwihaza mu ikoranabuhanga ry’ubwoko bwose. Kimwe mu ...
Umugaba wungirije w’ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo ushinzwe ibikorwa bya gisirikare n’iperereza Général de Brigade Jérôme Chico Tshitambwe yabwiye itangazamakuru ko intambara igihugu cye ...
Mu Kagari ka Kamuhoza, Umurenge wa Kimisagara haravugwa urupfu rw’umwarimukazi abanyeshuri be basanze yapfuye. Yari afite imyaka 61 y’amavuko, umurambo we ukaba waragaragaye mu gitondo cyo kuri uyu wa...
Nyuma ya saa sita kuru uyu wa Kabiri taliki 21, Gashyantare, 2023, Minisitiri w’intebe wungirije akaba n’w’uububanyi n’amahanga mu bwami bwa Jordan witwa Ayman Hsafadi, yakgeze i Kigali. Yakiriwe na m...
Umunya Eritrea witwa Henok Mulubrhan niwe wegukanye agace ka gatatu ka Tour du Rwanda kavaga i Huye kajya i Musanze. Ni ko gace karekare kurusha utundi twose duteganyijwe muri iri rushanwa ribaye ku n...
Buri taliki 21, Gashyantare, uba ari umunsi mpuzamahanga wahariwe kuzirikana indimi kavukire. Washyizweho mu rwego rwo kubungabunga indimi gakondo zivugwa n’abantu bake cyangwa se zituranye n’izindi n...
Umugore witwa Martha aravugwaho kwica umugabo we hanyuma umurambo akawutaba mu gikari. Amakuru twahawe n’ubuyobozi bw’Umurenge wa Tare aho byabereye avuga ko uriya musaza( yari afite hejuru y’im...
Mu rwego rwo guhangana na M23 ikomeje kububera ibamba, ubutegetsi bwa DRC buravugwaho kugura mu Bushinwa indege z’intambara zidapfa kubonwa na radars bita drones zo mu bwoko bwa CASC Rainbow CH-4. Afr...









