Minisitiri Jean-Chrysostome Ngabitsinze ushinzwe ubucuruzi mu Rwanda avuga ko kugira ngo igihugu gitere imbere mu buryo burambye ari ngombwa ko kigira inganda zikora byinshi. Icyo gihugu gikenera bike...
Radio Mpuzamaahanga y’Abafaransa, RFI, ivuga ko amakuru ikesha itangazamakuru ryo muri Koreya ruguru, avuga ko umusirikare w’Amerika uherutse guhungirayo, yahunze ivangura yakorerwaga. Uyu musirikare ...
Yvan Burabyo wakundwaga ku izina rya Buravan yatabarutse taliki 16, Kanama, 2022 azize uburwayi yari amaranye igihe gito. Yari umuhanga mu buhanzi akaba muto myaka ariko akagira igikundiro cyagizwe na...
Antony Blinken ushinzwe ububanyi n’amahanga muri Guverinoma ya Leta zunze ubumwe z’Amerika avuga ko yaraye agiranye ikiganiro na Perezida Kagame cyakozwe kuri telefoni. Avuga ko baganiriye ku ngingo z...
Habiyakare usanzwe ari umuganga mu igororero rya Nyarugenge riri mu Murenge wa Mageragere yatawe muri yombi akurikiranyweho ibyaha birimo kumena ibanga ry’akazi, gusaba, kwakira cyangwa gutanga indon...
Abakozi b’Urwego rw’Igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, bifatanyije n’ubuyobozi bw’Akarere ka Kayonza bihaniza abacukura amabuye y’agaciro mu buryo bwangiza ibidukikije cyane cyane abiyise Imparata. Ni mu ...
Abantu barenga 70,000 barututse hirya no hino ku isi bari bari mu Rwanda mu kwizihiza umunsi abamera Imana bavuga ko ari wo Bikira Mariya Nyina wa Yezu yasubiriye mu ijuru. Ni umunsi mukuru uba buri t...
Imibare itangwa n’inzego z’ubuzima z’u Rwanda igaragaza ko Intara y’Amajyepfo ari yo ifite umubare munini w’abarwara igicuri. Iyi ni indwara igaragarira cyane cyane mu gutakaza ubwenge, uwifashe akiku...
Mu Gasyata mu Karere ka Nyarugenge ahitwa ku Bigega bya Essence hari moto zigera ku 160 n’imodoka zirenga 40 zaraye zifashwe na Polisi kubera kudacana amatara kandi zigenda. Bamwe mu bamotari babwiye...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Turere twa Rubavu na Rusizi yafatanye umugore inkweto n’imyenda bya magendu bifite ibilo 484. Umugore wafashwe aracyari muto kuko afite imyaka 27 y’amavuko, akaba yarafati...









