Banki y’Isi yatangaje ko intambara y’u Burusiya na Ukraine irangiye mu mpera za Werurwe, 2023, byasaba Miliyari $ 411 ngo isanwe. Ukraine yatangijwemo intambara n’u Burusiya muri Gashyantare, 2023, ha...
Sena y’u Rwanda yakiriye inzego za Siporo zihagarariwe na Minisiteri yayo ngo baganire ku bibazo biri muri Siporo mu Rwanda muri rusange n’umupira w’amaguru by’umwihariko. Senateri Marie Rose Mureshya...
Mu rwego rwo guteguza Abanyarwanda, Ikigo gishinzwe ubumenyi bw’ikirere mu Rwanda (Meteo Rwanda) kivuga ko mu minsi icumi(10) iri imbere, hateganyijwe imvura ‘nyinshi cyane’ irimo n’inkuba. Meteo Rwa...
I Kigali hateraniye inama yahuje abayobozi mu by’ububanyi n’amahanga b’u Rwanda n’aba Uganda. Imwe mu ngingo zikomeye ziri bwigweho, ni ukurebera hamwe aho ishyirwa mu bikorwa ry’ibyanzuriwe mu nama ...
Guverinoma y’u Rwanda ifatanyije n’abafatanyabikorwa bayo yatangije umushinga ugamije kuzafasha abahinzi guhinga bakeza kandi ibyeze bigatunganywa kugira ngo bizagirere benshi akamaro. Ni umushinga wi...
Inteko ishinga amategeko ya Uganda irashaka gutora itegeko rihana mu buryo budasubirwaho abatinganyi kubera ko ngo ubutinganyi bwugarije umuryango mugari w’abaturage b’iki gihugu. Muri Uganda ha...
Abana biga mu kigo kitwa Green Hills Academy basuye ikibuga cy’indege cya Kigali berekwa ibice bikigize. Binjijwe no mu ndege kugira ngo barebe uko imbere hasa. Byakozwe mu rwego rwo kubatinyura ngo b...
Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika, CAF, yanzuye ko umukino wo kwishyura hagati y’Amavubi n’ikipe y’igihugu ya Benin utazabera mu Rwanda. Ivuga ko yari yarasabye FERWAFA kunoza ibya...
Urwego rw’ubugenzacyaha rurashakisha umugabo witwa Jean Damascene Hategekimana akurikiranwaho kwica mugore we bari bamaranye imyaka 11 babana mu buryo butemewe n’amategeko. Uwo mugabo ushakishwa asan...
Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’ubumwe bw’Abanyarwanda n’inshingano mboneragihugu, Clarisse Munezero avuga ko amateka y’Abanyarwanda yiganjemo ababaje kandi yagize ingaruka kuri bose. Ya...









