Ikinyamakuru cyo muri Leta zunze ubumwe z’Amerika kitwa Semafor cyatangaje ko amakuru yizewe gifite avuga ko Paul Rusesabagina wahamijwe n’inkiko z’u Rwanda ibyaha birimo iby’ibitero byagabwe mu Majye...
Imikino ihuza Polisi zo mu Karere k’Afurika y’i Burasirazuba irakomeje. Kuri uyu wa Kana iy’u Rwanda yatsinze iya Kenya ku maseti atatu ku busa. Ku rundi ruhande kandi umukinnyi wa Polisi y’u Rwanda w...
Volodymyr Zelenskyy yasabye Abanyaburayi kwigana Pologne na Slovakia nabo bakamuha indege z’intambara zigezweho kugira ngo atsinde Abarusiya. Yemeza ko nibidakorwa intambara izamara igihe kirekire. Y...
I Musanze haraye haguye imvura iremereye k’uburyo yasenye inzu 228, yangiza n’ibindi bikorwaremezo. Imibare yatangajwe kugeza ubwo twandikaga iyi nkuru, ivuga ko iyo mvura yangije inzu 228 n’ibikoni 8...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Kamonyi, na IBUKA buvuga ko hari imibiri irenga 900 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994 itarashyingurwa. Mu nama yabahuje bemeje ko iriya mibiri ishyingurwa...
Ikoranabuhanga rigezweho muri iki gihe riri gukora uko rishoboye ngo hakorwe imashini zitanga amashanyarazi akomoka ku muyaga azajya atwara ubwato. Abahanga bavuga ko ubwato bugezweho muri iki gihe bu...
Ubufatanye bwa Polisi n’inzego z’ibanze i Musanze hafatiwe umusore wari ufite telefoni esheshatu bivugwa ko yari yibye mu Rwanda ngo ajye kuzigurisha muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo. Ni telefon...
Muri Tanzania hamaze iminsi havugwa indwara yitwa Marburg. Kuba yica 88% by’abo yafashe, byatumye inzego z’ubuzima mu Rwanda ziteganya ingamba zo gukumira ko yakwinjira mu Rwanda. Abaturage babwiwe ...
Umukino w’iteramakofe wahuje Polisi ya Uganda n’iy’u Rwanda mu mikino za Polisi zo muri Afurika y’i Burasirazuba iri kubera mu Rwanda warangiye Uganda itsinze u Rwanda. Hari mukino hagati y’abafite i...
Amavubi yaraye anganyije na Benin ku mukino wabereye Cotonou. Buri kipe yatsinze igitego kimwe ariko Amavubi niyo yakibanje, Benin iza kucyishyura. Igitego cy’u Rwanda cyatsinzwe na Mugisha Gilbert. ...









