Kuva Elon Musk afata Twitter ngo ayiyobore, imaze guhomba miliyari £20 ku yo yari yiteze kuzunguka. Ubwe aherutse kubwira abakozi be ko mu kigega cya Twitter hasigayemo miliyari £16 gusa. Uyu mugabo ...
Nsabimana Callixte( niwe Sankara) n’abandi bantu 19 barimo n’abagore baraye bageze i Mutobo ngo bakurwemo ibitekerezo bya kinyeshyamba bamaze imyaka myinshi bafite. Ni byo byatumye bajya mu mitwe y’i...
Umukobwa w’imyaka 28 y’amavuko wo muri Leta ya Tennessee muri Amerika yarashe abana bari bateraniye hamwe yicamo batatu abandi benshi barakomereka. Yishe n’abantu bakuru batatu bari bashinzwe kw...
Itangazamakuru ryo muri Nigeria no hanze yayo rivuga ko Bola Tinubu uherutse gutorerwa kuba Perezida wa Nigeria yagiye mu Bufaransa mu bitaro biri ahitwa Neuilly-sur-Seine ngo basuzume uko ubuzima bwe...
Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda IGP Felix Namuhoranye mu ijambo yavuze ubwo harangizwaga imikino ya EAPCO yaberega mu Rwanda, yavuze ko iriya mikino yafashije abapolisi bo mu Karere u Rwanda ruh...
Umukino wa nyuma wahuzaga Polisi y’u Rwanda ikina Handball n’iya Uganda urangiye u Rwanda rutsinze Uganda ku manota 41 ku manota 27. Abakinnyi ba Polisi y’u Rwanda bagaragaje ubuhanga kurusha bagenzi ...
Uyu mugabo wayoboye inyeshyamba za MLC, yavuze ko agiye guha isomo abo ari bo bose bagize igihugu cye agatobero. Bemba ni umwe mu banyapolitiki bakomeye muri iki gihugu. Yigeze kuba Visi Perezida ku ...
Impanuka yaraye ibereye i Rubavu yatumye Polisi ifata icyemezo cy’uko umuhanda Rubavu, Musanze ugana i Kigali uba ufunzwe. Byakozwe mu rwego rwo kugira ngo ikamyo yafunze uyu muhanda ibanze iwukurwemo...
Minisitiri w’imari n’igenamigambi Dr. Uzziel Ndagijimana yafunguye ku mugaragaro uruganda rwubatswe kandi ruzakorerwamo n’ibigo bitatu bizarutunganyirizamo amabuye y’agaciro y’ubwoko bune ari bwo Tin,...
Raila Odinga yabwiye abamushyigikiye ko bagomba kuzindukira mu myigaragambyo nk’uko babisezeranye. Yababwiye ko nawe ari buze kwitabira imyigaragambyo yo kuri uyu wa Mbere taliki 27, Werurwe, 2023. Y...









