Minisitiri w’ububanyi n’amahanga, Dr Vincent Biruta yaraye abwiye abandi bayobozi ko muri iki gihe ibigaragara ku isi byerekana ko iterabwoba riri gufata indi ntera. Biruta yasobanuye ko ingabo z’utur...
Amakuru Taarifa iri kwegeranya avuga ko bisi( nini) ya Volcano yakoreye impanuka ikomeye muri Uganda. Yagonganye n’indi ya Trinity, zombi zirangirika cyane. Iyo uteze amatwi amajwi y’abantu bageze ah...
Itangazo rya Minisiteri y’ingabo rivuga ko Perezida Paul Kagame yaraye azamuye mu ntera abasirikare 2430, abaha amapeti atandukanye. Abasirikare 1,119 bari bafite ipeti rya Lieutenant yabahaye irya K...
Perezida Paul Kagame yanenze abayobozi bitwara nk’aba stars bakagoreka Ikinyarwanda kugira ngo bagere ku cyo bashaka. Yatsindagirije ko Ikinyarwanda ari ururimi abayobozi bagomba kumenya kandi bakaruk...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yavuze ko kudakorana hagati y’abayobozi bigira ingaruka ku mikorere ya Guverinoma no mu gushyira mu bikorwa politiki zemeranyijweho. Ni ikibazo gikomeye k’uburyo ha...
Perezida wa Komisiyo y’Umuryango w’Afurika yunze ubumwe Moussa Faki Mahamat yavuze ko imyigaragambyo imaze iminsi muri Kenya ari ikintu gihangayikishije Afurika muri rusange. Ubuyobozi bw’Afurika yunz...
Umukuru w’u Rwanda mu masaha ya nyuma ya saa sita kuri uyu wa Kabiri taliki 28, Werurwe, 2023 arahura n’abanyamabanga nshingwabikorwa b’Utugari twose tw’u Rwanda. Aba bayobozi bose bari bamaze igihe m...
Abaturage b’Umurenge wa Mwendo mu Karere ka Ruhango bavuga ko hari umwana w’imyaka ine wapfuye nyuma yo kuribwa n’inzuki nyinshi. Iwabo hari mu Mudugudu wa Nyamugari, Akagari ka Gafunzo mu Murenge wa...
Umugabo witwa Sekamana Tharcisse w’imyaka 40 yicishije umugore we inyundo. Nyuma yahise yandika ibaruwa y’irage ry’abana be arangije aracika. Byabereye mu Mudugudu wa Kimaramu, Akagari ka Kamagiri, Um...
Taarifa ifite amakuru avuga ko Paul Rusesabagina umaze iminsi mike muri Qatar ari burare ageze muri Leta zunze ubumwe z’Amerika. Biteganyijwe ko nagera yo azaha itangazamakuru ikiganiro ari kumwe n’ab...









