Perezida William Ruto yafashe mu mugongo imiryango yaraye iburiye abayo mu mpanuka yabereye mu muhanda uhuza Nairobi na Nakuru. Yahitanye abantu 16 harimo abanyeshuri batatu ba Kaminuza yitwa Pwani Un...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yabwiye Minisitiri mushya w’urubyiruko Dr. Abdallah Utumatwishima wari umaze kurahirira inshingano nshya ko kwita ku muco w’abakiri bato ari ishingiro ry’ejo hazaza ...
Iyi Banki y’ubucuruzi yatangaje ko mu mwaka wa 2022 yinjije miliyari Frw 42,4 bingana n’izamuka rya 27% ugereranyije n’uko byari bimeze mu mwaka wa 2021. Iyo nyungu yayikuye muri serivisi yatanze uger...
Ubwo yatahaga ibitaro bya Masaka byaguwe, Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yavuze ko uruhare u Bushinwa bugira mu kuzamura urwego rw’ubuzima mu Rwanda ari urw’agaciro. Yabivugiye mu muhango wo...
Ikibazo cyo guhumuka nabi cyatumye Papa Francis arara mu bitaro by’i Roma. Umuvugizi w’Ibiro bye witwa Matteo Bruni avuga ko umukambwe Papa Francis ari mu bitaro kubera uburwayi afite mu mwanya w’ubuh...
Umunyarwandakazi uyobora Ikigo nyafurika gishinzwe iterambere ry’ubuhinzi, Dr.Agnes Kalibata avuga ko ku isi ubushake bwa Politiki bwo guteza imbere ubuhinzi buhari, ariko ishoramari ribushyirwamo ari...
Perezida Kagame yakiriye Prof. Dr Guillaume Marescaux uyobora Ikigo gikora ubushakashatsi kigatanga n’amasomo mu kubaga umuntu hifashishijwe ikoranabuhanga (IRCAD Africa). Yari kumwe n’intumwa yaje ...
Amavubi yaraye aguye miswi na Bénin binganya igitego 1-1. Ni imikino igamije gushaka itike yo kujya mu gikombe cya Afurika cya 2024 kizabera muri Côte d’Ivoire. Abanyarwanda bifuzaga ko Amavubi atsind...
Ubuyobozi bwa Arabie Saoudite bwatangaje ko bwamaze gusinyana amasezerano n’u Bushinwa ko Ryad izubaka mu Bushinwa uruganda rutunganya Petelori n’ibiyikomokaho. Ruzaba rufite agaciro ka Miliyari $12,...
Abadepite bagize Komisiyo y’Uburezi, Ikoranabuhanga, Umuco n’Urubyiruko mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda basabye Minisiteri y’uburezi gusuzuma ikibazo cy’imiyoborere mibi muri bimwe mu bigo by’am...









