Mu Murenge wa Nyarugunga mu Karere ka Kicukiro haraye habonetse umurambo w’umusore w’imyaka 29 witwa Sunday bivugwa ko yari yaturutse mu Karere ka Nyagatare. Ifoto ye akiri muzima imwerekana ahetse ig...
Ubufaransa bumaze igihe mu biganiro na Amerika ngo harebwe uko Paris na Washington bafatanya gusaba u Bushinwa kwinjira mu biganiro byatuma u Burusiya buhagarika intambara na Ukraine. Ibiro ntaramakur...
Umwe mu bakire u Butaliyani bwa vuba aha bwagize ndetse akabubera na Minisitiri w’Intebe ari mu bitaro aho ubuzima bwe bugeze aharindimuka. Ni Silvio Berlusconi. Uyu mugabo ni umukire kuko niwe...
Mu Murenge wa Nyakabanda, Akagari ka Munanira II mu Karere ka Nyarugenge haraye hakozwe umukwabu wo gufata abakekwaho ubujura bwo gushikuza abaturage ibyo bafite. Abantu 28 nibo beretswe itangazamakur...
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko bidatinze ababishaka bazajya bakorera kandi bagahabwa uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga rw’agateganyo rukozwe mu buryo bw’ikoranabuhanga. Abarushaka bazajya barushakor...
Amakuru avuga ku iyicwa rya Dr. Muhirwe Karoro Charles wari Umwarimu wa Kaminuza y’u Rwanda, ishami rya Nyagatare yemeza ko umwe mu bakekwaho buriya bwicanyi yatangaje ko yari yahawe amafaranga n̵...
Ibibazo by’ubukungu bwifashe nabi ku isi byageze kuri bose ndetse no ku baherwe 25 barusha abandi bose ku isi gutunga agatubutse. Forbes ivuga ko umutungo wa bariya bagabo wose hamwe ungana na Tiriya...
Abatuye Akarere ka Bugesera cyane cyane abo mu Mujyi wa Nyamata bavuga ko kuba nta gishushanyo mbonera gisobanura neza uko uwo mujyi ukwiye kubakwa, byadindije iterambere ryawo. Kuba nta gishushanyo m...
Perezida wa Kenya Nyakubahwa William Ruto yamaze kugera mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi ibiri. Aje mu ruzinduko rw’akazi rumara iminsi ibiri. Kenya ifitanye umubano n’u Rwanda mu ngeri zitandukanye ...
Umuhanga mu by’ubukungu w’Umunyarwanda witwa Teddy Kaberuka yabwiye Taarifa ko n’ubwo ibiciro by’ibikomoka kuri petelori biri kugabanuka nk’uko RURA imaze kubitangaza inshuro ebyiri, bitavuze ko ibici...









