Mugabo Olivier Nizeyimana wari umaze igihe gito atorewe kuyobora FERWAFA yeguye kuri uyu mwanya. Bivugwa ko yeguye ku mpamvu ze bwite. Mu ibaruwa Mugabo Olivier Nizeyimana yasohoye yanditse ko yeguye...
Minisiteri y’ubucuruzi yatangaje ko yaganiriye n’izindi nzego bireba bemeranya ko umusoro ku nyongeragaciro kuri kawunga no ku muceri ukurwaho. Bityo ngo n’ibiciro ku biribwa by’ibanze ni ukuvuga umuc...
Uhagarariye inyungu z’u Rwanda muri Sudani witwa Abdel Buhungu avuga ko ibintu muri Sudani bikomeye bityo ko Abanyarwanda bahaba bagomba kwirinda gucaracara hanze ahubwo bakaguma mu ngo zabo. Buhungu...
Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda wungirije ushinzwe ibikorwa, DIGP Vincent Sano yaraye abwiye abapolisi bitegura kujya muri Centrafrique ko nibagera yo bagomba kuzirikana ko isuku, ikinyabupfura n...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje kugeza ubu hari inzu 27,000 zugarijwe no kuba zasenywa n’ibiza kubera ko zubatswe mu manegeka. Ziherereye mu mirenge 35 igize uturere dutatu tw’Umujyi wa Kigal...
Minisiteri y’uburezi yatangaje ko agahimbazamusyi abayobozi b’ibigo bya Leta bakaga ababyeyi kavanyweho. Ababyeyi babyishimiye bavuga ko ari ikindi kintu cyerekana ko Guverinoma ibitaho. Icyakora hari...
Abashinzwe kurinda umutekano wa Perezida w’Amerika bagiye kubona babona umwana uri mu kigero cy’imyaka itanu yaseseye uruzitiro yinjira mu busitani bw’ingoro ya Perezida Biden. Ushinzwe itumanah...
Amakuru atangazwa na SOS Media Burundi avuga ko uwahoze ari Minisitiri w’Intebe akaza kuvanwa kuri uyu mwanya witwa Gen Allain Guillaume Bunyoni yahungiye muri Tanzania. Ni amakuru yatangiye kuvugwa m...
Abakora mu bwikorezi bw’ibicuruzwa bica ku butaka barasaba bakomeje ko imishinga u Rwanda ruhuriraho n’ibindi bihugu bikoresha umuhora wo hagati yihutishwa igashyirwa mu bikorwa. Bemeza ko ishyirwa mu...
Umuyobozi w’ikipe ya APR FC, Lt Gen Mubarakh Muganga yabwiye abakinnyi ko mu gihe batisubiye ho hari impinduka zazakorwa kandi zikazagira abo zikoraho. Abo bashobora kuzirukanwa mu mpera z’uyu mwaka w...









