Umuyobozi w’Akarere ka Huye witwa Ange Sebutege aherutse kubwira Ikigo cy’igihugu cy’itangazamakuru ko batari bazi ko ahantu haherutse kugwa abantu batandatu hari icyobo. Muri uyu mujyo, Ikigo gishinz...
Umugabo w’imyaka 31 y’amavuko yafatanywe ibilo 60 by’urumogi. Byafatiwe mu mifuka itatu n’igice, bifatirwa mu Murenge Kinyinya mu Karere ka Gasabo. Polisi y’u Rwanda, Ishami rishinzwe kurwanya ibiyob...
Urubyiruko rwo mu Karere ka Nyagatare mu Murenge wa Rukomo ruvuga ko ubusambanyi budakingiye buhavugwa butizwa umurindi n’uko udukingirizo tuba kure yarwo. Hari n’abavuga ko inzoga iboshya. Bavuga ko ...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Kamonyi bwahaye isezerano abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi ko mu gihe kiri imbere bugiye gutangira gusana inzu zabo 2000 zishaje. Byavugiwe mu muhango wo kwibuka abazije J...
Abaturage bafite ababo bagwiriwe n’ikirombe mu Karere ka Huye babwiye itangazamakuru ko bababazwa n’uko bari kubuzwa kwegera aho bari gucukura ngo bakuremo imibiri ya bariya bantu. Barasaba Leta kubas...
Umwe mu myanzuro yaraye ifatiwe mu Nama y’Abaminisitiri, uvuga ko hagenwe amafaranga(atatangajwe umubare) yo gutunga abamugariye ku rugamba ‘batishoboye’. Nta makuru arambuye kuri uyu mwanzuro aratang...
Mu Murenge wa Kinazi, Akarere ka Huye haramukiye inkuru y’abantu batandatu baguye mu kirombe cy’amabuye y’agaciro. Batatu muri bo ni abanyeshuri biga mu mashuri yisumbuye bari mu kigero cy’imyak...
Abagabo batandatu bahoze ari abayobozi bo hejuru muri FDLR bakatiwe gufungwa imyaka itanu. Ni icyemezo cy’Urukiko rukuru, urugereko rwihariye rushinzwe kuburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyamburanya i...
Imodoka zari zirimo abayobozi bakuru mu Biro by’Umukuru w’Igihugu cya Mali zagabweho igitero kigwamo umuyobozi w’Ibiro bya Perezida. Yiciwe hafi y’umupaka wa Mali na Mauritania. Muri rusange iki giter...
Bamwe mu batuye Akagari ka Musezero, ahitwa Beretwari mu Murenge wa Gisozi mu Karere ka Gasabo bavuga ko hari uruganda ruri hafi aho rubasakuriza, ariko abandi bakavuga ko ababivuga babeshya ahubwo b...









