Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Imiturire (RHA) cyatangaje ko Akarere ka Karongi ari ko ka mbere gafite ubuhaname n’imiterere y’ubutaka biteje akaga kurusha utundi kubera kwibasirwa n’ibiza. Hataho Akarer...
Umubyeyi wo mu Mudugudu wa Gakenkeri A, mu Kagari ka Nyanza mu Murenge wa Busasamana mu Karere ka Nyanza yakubiswe n’inkuba ubwo yasangaga umwana we amanitse mu mugozi yapfuye! Hari saa kumi n’ebyiri ...
N’ubwo bitaratangazwa ku mugaragaro, hari bamwe mu bafana ba APR FC bavuga ko aho ibintu bigeze umutoza wayo yasezererwa kubera ko nta musaruro aragaragaza. Uyu mutoza w’Umufaransa witwa Thierry Froge...
Mu gihe ibihugu bigize ECOWAS bivuga ko isaha iyo ari yo yose bishobora gutera Niger, ibihugu bituranye kandi biyishyigikiye ari byo Burkina Faso na Mali byayoherereje indege z’intambara ku mipaka ibi...
Kuri iki Cyumweru taliki 19, Kanama, 2023 nibwo iserukiramuco rya Giants of Africa ryaraye rirangiye, rirangizwa n’igitaramo cy’imbaturamugabo cyitabiriwe n’abahanzi bakomeye bo muri Nigeria ari bo Ti...
Indege 42 z’intambara z’Ubushinwa hamwe n’ubwato 26 bw’intambara byegereye Taiwan mu rwego rwo kuyereka ko ibyo iri gukorana n’Amerika bizayikoraho. Ni ibikorwa bya gisirikare bikozwe nyuma y’uko Visi...
Polisi y’u Rwanda, Ubugenzacyaha hamwe n’ikigo gishinzwe ubuziranenge bw’imiti n’ibiribwa beretse itangazamakuru ibicuruzwa bifite agaciro karenga Miliyoni Frw 100 byafatiwe hirya no hino mu Rwanda bi...
Kuri uyu wa Gatandatu taliki 19, Kanama, 2023 Perezida Paul Kagame yakoranye umuganda udasanzwe n’abayobozi ba Giants of Africa. Uw’ibanze ni Masai Ujiri n’abandi bakorana nawe. Ujiri hamwe n’abandi b...
General Mashikilisana Fakudze usanzwe ari umugaba mukuru w’ingabo z’ubwami bwa Eswatini ari mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi ine. Yaraye yakiriwe na mugenzi we Lt Gen Mubarakh Muganga usanzwe ari umug...
*Operations zizamara iminsi 90 *Nirenga, CEDEAO niyo izajya yishyura fagitire… Amakuru avuga ko abasirikare bagera cyangwa barenga 5000 batangiye kwegera aho bazatangiriza intambara kuri Niger. Abo mu...









