Mu bihe bitandukanye, Polisi y’u Rwanda ifatanyije n’abandi bafatanyabikowa bayo yataye muri yombi bamwe mu bantu bakoraga ubujura bumaze iminsi buvugwa mu Mujyi wa Kigali n’ahandi. Amakuru yavugaga ...
Umunyeshuri wo muri TTC Kabarore avuga ko imwe mu mpamvu zituma ababyeyi bamwe batabasobanurira iby’imyirorokere ari uko nabo nta bumenyi baba bayifiteho. Asaba ko Leta yajya ibahugura. Mu mwambaro w’...
Mu Murenge wa Rutunga mu Karere ka Gasabo haravugwa urupfu rw’umugabo w’imyaka 40 witwa Twagirayezu Théogène bivugwa ko yazize ikinyobwa bita ‘ubushera’. Ubushera ni ikinyobwa gikozwe mu masaha y’ama...
Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe umutekano wo mu muhanda ryatangaje ko umuhanda wa Muhanga- Ngororero- Mukamira wari wafunzwe kubera amazi yari yawuzuye, wongeye kuba nyabagendwa. Kuri iki Cyumw...
Abikorera bo mu Rwanda n’abo mu Birwa bya Malta bari kuganira uko impande zombi zakorana mu bucuruzi n’ishoramari. Ambasaderi w’u Rwanda mu Bwongereza akaba ahagarariye n’inyungu z’u Rwanda mu Birwa b...
Ikibazo cy’ababyeyi batabonera abana babo umunya ngo babaganirize ku buzima bw’imyororokere ntikiba mu Mujyi wa Kigali gusa. Kiri n’ahandi nk’uko abanyeshuri bo mu kigo cy’amashuri cya Karangazi High ...
Indege nini zitwara abantu n’imitwaro yabo zatangiye kugera muri Djibouti aho abanyamahanga bari basanzwe baba muri Sudani babaye bahungiye imirwano iri kuhabera. Zije kubacyura mu rwego rwo kubarinda...
Urwego rw’ubugenzacyaha rwaraye rwongeye guta muri yombi abayobozi batanu barimo bane bo muri Nyanza n’umwe wo muri Gisagara. Uru rwego ruvuga ko bariya bayobozi batawe muri yombi kubera ibimenyetso ...
U Burusiya bwatangaje ko bwiteguye gukorana na Leta ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo mu kurwanya M23. Ni icyemezo cyatangajwe ku mugaragaro nyuma y’ibiganiro byabuhuje na Minisitiri wa DRC ushinz...
Iminsi irindwi irashize muri Sudani hadutse intambara. Imibare ya OMS ivuga ko abantu 413 bamaze kuyigwamo bivuze ko ku munsi hapfaga abantu ‘bagera’ kuri 59. Abantu 3,500 kandi bayikomerekeye mo. Iki...









