Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda IGP Felix Namuhoranye yabwiye abapolisi bo mu Ntara y’i Burasirazuba by’umwihariko n’abo mu gihugu muri rusange ko akazi gakozwe kinyamwuga kagomba guherekezwa no...
Amakuru atangwa n’ikigo cy’igihugu cy’itangazamakuru avuga kuri Paruwasi ya Mibilizi mu Karere ka Rusizi hamaze kuboneka imibiri y’Abatutsi bazize Jenoside igera kuri 350. Kuri uyu wa Kabiri taliki 25...
Perezida Kagame yabwiye abitabiriye inama mpuzamahanga ivuga ku ikoranabuhanga yiswe Transform Africa Summit ko iyo ikoranabuhanga rikoreshejwe mu buryo bwiza kandi bufatika, ryorohereza ubucuruzi bwa...
Umukuru w’Amerika Joe Biden yatangaje ko mu mwaka wa 2024 azongera kwiyamamariza kuyiyobora. Kuri uyu wa Kabiri nibwo yatangarije muri Video yacishije kuri Twitter ko azongera kwiyamamariza kuyobora ...
Hashize iminsi ibiri Urwego rw’ Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwafunze umurezi wo mu kigo cy’amashuri cyo mu Karere ka Bugesera rumukurikiranyeho gusambanya abana 10 b’abahungu yigishaga. Byabereye m...
Abafite ababo bashyinguye mu rwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi 1994 rw’Akarere ka Ruhango bavuga ko amasanduku bashyinguyemo yarangije kwangirika bityo ko akwiye guhinduka. Babivuze ubwo bibukag...
Perezida Kagame ubwo yagezaga ijambo ku bitabiriye umuhango w’isabukuru nziza ya Gen Muhoozi Kainerugaba, yamushimiye uruhare yagize mu guhuza u Rwanda na Uganda nyuma y’umubano muke wari umaze imyaka...
Mu mpera z’Icyumweru gishize hari amakuru yavugaga ko imitwe itandukanye ikorera mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfu yihuje ivugana na Leta iyiha uburyo bwo gutangira kwica Abatutsi bo muri iriya Ntara. Hari...
Umukecuru wo muri Kenya uri mu rubanza aho aregwa kugurisha umwuzukuru we Sh400,000, ni ukuvuga arenga gato Miliyoni Frw 3.2. Ishami rya Polisi ya Kenya rivuga ko uriya mukecuru( bahaye amazina ya C...
*Icyumweru kiruzuye abaguye mu mwobo wa metero 80 bataboneka… Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyepfo CIP Emmanuel Habiyaremye avuga ko ku Cyumweru taliki 23, Mata, 2023 ubwo abari ...









