Abakobwa bafite hagati y’imyaka icyenda n’imyaka 16 y’amavuko biga mu mashuri yisumbuye bahurijwe hamwe bibutswa ko kwiga ikoranabuhanga ari ingenzi mu myigire n’iterambere ryabo. Kubahuza byakozwe n’...
Urukiko rw’ikirenga muri Kenya rwatangaje ko ibyo abanyamategeko bamwe basaba by’uko imitungo ya Kabuga Felisiyani yarekurwa ntikomeze gufatirwa nta shingiro bifite. Ubuvugizi bw’uru rukiko buvuga ko ...
Minisiteri y’ubumwe bw’Abanyarwanda n’inshingano mboneragihugu irashaka gukorana n’izindi nzego mu rwego rwo guha inzibutso za Jenoside yakorewe Abatutsi zo ku rwego rw’igihugu ikoranabuhanga ryerekan...
Mu Mudugudu wa Mirambi, Akagari ka Burima mu Murenge wa Kinazi mu Karere ka Ruhango haraye havuzwe inkuru y’urupfu rw’umwana w’imyaka itatu wishwe azirikiwe amaboko imugongo( mu mugongo) uwamwishe am...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwafunze Turahirwa Moses mu myaka ishize wambikaga abakomeye imyenda yakorerwaga mu nzu y’imideli yitwa Moshions. RIB imukurikiranyeho ibyaha by’...
Uyu Munyarwanda umaze iminsi ari mu bavugwaho cyane mu itangazamakuru yitabye ubugenzacyaha ngo asobanure iby’inyandiko aherutse gusohora ivuga ko yabaye umugore kandi ko iyo nyandiko yayihawe n’Urweg...
Ubwanditsi bw’Umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu witwa Human Rights Watch buvuga ko uyu muryango wishimiye ifatwa rya Alain Guillaume Bunyoni. Buvuga ko ari intambwe nziza yatewe kandi bizaha...
Nyuma yo kuva mu nama mpuzamahanga ya Transform Africa yaraye ibereye i Harare muri Zimbabwe, Perezida Kagame yageze i Dar es Salaam mu ruzinduko rw’akazi. Asuye Tanzania nyuma y’uko mugenzi we Samia ...
Abasore n’abagabo mu murenge wa Rukara mu Karere ka Kayonza bavuga ko mu rwego rwo kwirinda kwandura SIDA, bakoresha udukingirizo ariko bakavuga ko iyo igitsina gifashe umurego ducika. Basaba ko hazak...
Mu gihe intambara ikomeje guca ibintu muri Sudani, uwahoze ayiyobora akaza gukurwa ku buyobozi n’abantu bigaragambyaga kubera icyo bitaga ubuzima buhenze witwa Omar El Bechir yaraye ajyanywe kwa mugan...









