Itsinda ry’abapolisi b’u Rwanda nakorera mu Ntara ya Sudani y’Epfo yitwa Malakal baherutse guhugura bagenzi babo bo miri kiriya gihugu. Ni amahugurwa abaha ubumenyi mu nzego zitandukanye zirebana n’ak...
Mu gihe hasigaye amasaha make ngo u Rwanda n’ahandi ku isi muri rusange hizihizwe umunsi mpuzamahanga w’abakozi, urugaga nyarwanda rw’abakozi, Centrale des Syndicats de Travailleurs du Rwanda( C...
Umunyeshuri wiga muri Kayonza Modern School iri mu Murenge wa Nyamirama mu Karere ka Kayonza witwa Promesse Iradukunda avuga ko imwe mu mpamvu zituma abakobwa bato batwara inda cyangwa bakanduzwa indw...
Mu myaka mike ishize, Polisi y’u Rwanda yasinyanye n’ikigo cy’igihugu cy’ubuzima amasezerano yo gutanga amaraso. Muri uyu mujyo, kuri uyu wa Gatandatu taliki 29, Mata, 2023 abapolisi 200 batanze amara...
Bisa n’aho ku isi nta handi hantu hahura n’ibibazo kurusha ahitwa Munsi Y’Ubutayu bwa Sahara. Uretse intambara, inzara, ubutayu n’ibindi bibazo, muri iki gice cy’isi niho hari abanduye SIDA benshi kuk...
Meya w’Akarere ka Kayonza Jean Bosco Nyemazi yabwiye Taarifa ko hari imibiri y’Abatutsi bazize Jenoside iri hagati ya 250 na 500 biciwe ahitwa Midiho muri Mukarange bitazwi aho yajugunywe. Avuga ko ab...
Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano mboneragihugu yakiriye $100,000 yatanzwe n’ikigo kitwa Liquid Intelligent Technologies azafasha mu gushyira ikoranabuhanga mu nzibutso za Jenoside ya...
Guverinoma ya Kenya yavuze ko ibaye ihagaritse ibyo gucukura imibiri yatawe mu cyobo kirekire kiri mu ishyamba ryitwa Shakahola kiri muri Kilifi. Impamvu ni uko imvura ari nyinshi bityo abacukuzi nabo...
Isuku mu Mujyi wa Kayonza irakemangwa cyane cyane mu nzu zicumbikira abashyitsi cyangwa aho bafatira amafunguro. Mu kiganiro kihariye umuyobozi w’aka karere Nyemazi yabwiye itangazamakuru iki kibazo b...
Abakora mu rwego rw’igihugu rushinzwe guteza imbere amashyamba bavuga ko ubwinshi bw’imodoka zo muri Kigali bugira uruhare mu kuzamuka kw’ibyuka bishyushya ikirere cy’u Rwanda. Bavuga ko mu rwego rwo ...









