Ubugenzacyaha, RIB, bwataye muri yombi Umunyamabanga Mukuru w’Ishyirahamwe ry’Umukino wo gusiganwa ku magare, Munyankindi Benoît. Hari n’amakuru avuga ko muyobozi w’iri shyirahamwe, Murenzi Abdallah n...
Amakuru avuga ko hari umukozi muri Ambasade y’u Rwanda muri Kenya wagiye aho Rubayita yiciwe ngo akurikirane iby’iki kibazo. Uyu Munyarwanda uherutse kwica nyuma yo gushyamira n’Umunyakenya bapfa inku...
Mu Majyaruguru ya Tchad hari inyeshyamba ziri kotsa igitutu ubutegetsi bwa Perezida Mahamat Idriss Déby Itno. Zigize umutwe witwa CCMSR. Perezida Itno aherutse kujya kuganira n’abasirikare be bakorera...
Umunyarwanda Fred Kamaliza yari asanzwe ari umucuruzi uzwi muri Uganda. Amakuru avuga ko aherutse gupfira muri gereza rw’urwego rw’ubutasi bwa gisirikare muri Uganda, ariko iby’urwo rupfu ntibirasoban...
Evgueni Prigojine uyobora umutwe mugari w’abacanshuro b’Abarusiya bagize ikitwa Wagner yatangaje ko afite umugambi wo kwagura ibikorwa bye bikagera henshi muri Afurika. Yabitangarije muri video yacish...
Ibiro by’Umukuru w’igihugu byatangaje ko Perezida Kagame Paul yaraye yakiriye abayobozi muri Bank of Kigali barimo n’Umuyobozi Mukuru w’Inama y’Ubutegetsi yayo witwa Philippe Prosper. Perezida Kagame ...
Umuryango wa Bibiliya mu Rwanda uvuga ko mu Rwanda hari Bibiliya nke. Ni ikibazo abayobozi b’uyu muryango bavuga ko gikomeye kubera ko kudasoma Bibiliya bituma hari indangagaciro abantu batakaza. Umuy...
Umunyarwanda witwa Rubayita Riga usanzwe usiganwa mu marushanwa yo kwiruka yarwanye n’Umunyakenya witwa Dancan Khamala, biza kuviramo urupfu. Ikinyamakuru kitwa Kenya Report nicyo cyatangaje iby’urwo...
Ibarura Rusange ro mu mwaka wa 2022, rigaragaza ko abakozi bo mu rugo bangana na 3,9% by’Abanyarwanda bose bafite akazi. Iri barura rigaragaza abakozi bo mu rugo nk’ikindi cyiciro cy’Abanyarwanda ‘ba...
Ubwo yahererekanyaga ububasha n’uwo asimbuye ari we Dancille Mukarugero, Bwana Maurice Mugabowagahunde yasabwe na Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu gusigasira ubumwe bw’Abanyarwanda buherutse guhunga...









