Perezida wa Banki Nyafurika y’iterambere, Dr. Adesina Akinumi avuga ko bibabaje kuba ihumana ry’ikirere rihombya Afurika Miliyari ziri hagati ya $ 7 na Miliyari $15 buri mwaka, ariko amafaranga ihabw...
Mu Murenge wa Ruhango Akarere ka Ruhango haravugwa amakuru y’umusaza watemye umukwe we wari uje gucyura umugore we ariko akazana amahane. Uwo mukwe witwa Callixte Nzeziryayo avuga ko yagiye gucyura um...
Hirya no hino mu Rwanda, Polisi yaraye isubukuye mu buryo bufite ingufu, ubukangurambaga yise ‘Gerayo Amahoro’. Bugamije kwibutsa abakoresha umuhanda bose ko iyo batarangaye, bakamenya koroherana no g...
Kagame yaraye ageze i Doha muri Qatar mu nama ihuza iki gihugu n’ibindi by’inshuti zacyo; iyo nama yitwa Qatar Economic Forum. Ari mu bayobozi b’ibihugu bazatanga ikiganiro muri iyi nama. Ku kib...
Aloys Rusizana ni umwe mu banyemari bakomeye mu Rwanda. Yasubijwe muri gereza kubera impamvu bivugwa ko ziterwa na ‘munyangire’ ikomoka kuri bamwe mu bayobozi muri Guverinoma y’u Rwanda bashaka kumuko...
Mu misa yasomewe kuri Cathédrale Saint Michel, Cardinal Antoine Kambanda yavuze ko ari ngombwa ko imiryango 15, 593 y’Abatutsi bishwe muri Jenoside ikazima burundu yibukwa mu buryo bwihariye. Kwibuka ...
Mu gihugu cya El Salvador habereye umuvundo wabereye kuri imwe muri stade z’aho zikomeye, ugwamo abantu 12, abandi bataramenyekana umubare barakomereka. Ni nyuma y’umukino wa ¼ wahuje ikipe yitwa Alia...
Umwe mu Banyarwanda bakinnye neza umupira w’amaguru bakandika izina witwa Jimmy Mulisa aravugwaho kuzagirwa, mu gihe gito kiri imbere, umutoza wungirije w’Ikipe y’igihugu: Amavubi. Bizaturuka ku masez...
Abantu babiri bafatiwe mu Karere ka Gakenke bafite amasashi 37,600 bari bajyanye kugurisha kandi atemewe mu bucuruzi bwo mu Rwanda. Umwe mu bafashwe ni umusore ufite imyaka 24 y’amavuko, wari ufite a...
Ubuyobozi bw’Akagari ka Kanazi mu Murenge wa Nyamata, Akarere ka Bugesera buvuga ko ibyo abasigajwe inyuma n’amateka bavuga ko by’uko ubukene bubarembeje, ari ugukabya. Bo bemeza ko hari bamwe muri bo...









