Polisi ya Nigeria yafunze abantu 100 ibaziza gutaha ubukwe bw’abasore babiri bo muri imwe muri Leta za Nigeria. Ni ubukwe bwabereye muri imwe muri Hoteli zo muri Leta ya Delta. Tweet ivuga ku ifatwa r...
I Musanze habereye amasengesho yahuje abaturage baturutse hirya no hino mu Rwanda, akorerwa mu rugo rw’umuturage mu buryo butemewe n’amategeko. Inkuru ya Kigali Today ivuga ko umugabo wakiriye...
Perezida Kagame yavuze ko bibabaje kuba hari amakoro ashyirwa mu iterambere rya Siporo ariko abantu bake bakayikubira. Yanenze kandi ibyo yise indagu ziba mu mupira w’amaguru, akemeza ko ziri mu bitum...
Kuri uyu wa kabiri tariki 22 Kanama, umuyobozi Mukuru wa Polisi Wungirije ushinzwe ubutegetsi n’abakozi (DIGP), Jeanne Chantal Ujeneza yaraye yakiriye intumwa zaturutse muri Bénin. Zari ziyobowe n’ush...
Mu Intare Arena, Perezida Paul Kagame ari kuganira n’urubyiruko ruhagarariye urundi mu Rwanda hose. Ni igikorwa cya YouthConnekt kiba mu gihe runaka, kigahuza urubyiruko n’Umukuru w’u Rwanda akumva i...
Umuhanga mu by’ubukungu Teddy Kaberuka avuga ko kuba Minisiteri y’ishoramari rya Leta yaraye ikuweho inshingano zayo zikimurirwa muri Minisiteri y’imari ari ikintu kizima kuko birinda gutatanya imbara...
Mu Mudugudu wa Umurambi, Akagari ka Mubuga muri Kibeho mu Karere ka Nyaruguru haravugwa umurambo w’umugore uherutse kubonwa n’abana bari bagiye kwahira ubwatsi mu gitondo kare. Abahageze basanze ubwo ...
Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwatangaje ko iyi kipe yatandukanye na Eric Mbirizi wakinaga hagati. Uyu musore ukomoka mu Burundi yahisemo kuva muri Rayon kandi ngo ni ikintu cyakozwe ku bwumvikane bw’imp...
Hari igice cy’ishyamba rya Nyungwe kireba mu Murenge wa Bweyeye muri Rusizi kibasiwe n’inkongi. Twagerageje kuvugisha umuyobozi mukuru wa Pariki ya Nyungwe witwa Protais Niyigaba ngo agire icyo abitub...
Ikigo kitwa Ewaka n’ikindi kitwa AC Group basinyanye amasezerano akubiyemo ko mu gihe kitarambiranye ikigo Ewaka kizaba cyazanye amagare akoresha amashanyarazi mu Rwanda. Hari na gahunda y’uko bazazan...









