Perezida Paul Kagame akaba n’umugaba wi’ikirenga w’ingabo z’u Rwanda yazamuye mu ntera, Col Godfrey Gasana amuha ipeti rya Brigadier General ndetse amugira umugaba wungirije w’’ngabo z’u Rwanda zirwan...
Umushumba wa Kiliziya Gatulika ku isi, Papa Francis yagiye mu bitaro by’ahitwa Gemelli kugira ngo abaganga bamusuzume barebe uko ubuzima bwe buhagaze. Yaherukaga yo mu mpera za Werurwe, 2023, ubwo yar...
Mugwaneza Pacifique ni umuyobozi w’agateganyo w’ikigo cy’igihugu gishinzwe Koperative mu Rwanda. Mu kiganiro kihariye aherutse guha Taarifa, yavuze ko hagikenewe ko ibyiciro bitandukanye by’Abanyarwa...
Isoko ryubakiwe abahoze bazunguza ryo mu Kagari ka Kibenga,Umurenge wa Ndera mu Karere ka Gasabo ryakongotse. Kugeza ubu ntiharamenyekana agaciro k’ibyangiritse ndetse n’icyateye iriya nkongi. Icya...
Mu mpera za Nzeri, 2023 biteganyijwe ko i Kiev hazagera indege za mbere zo mu bwoko bwa F-16. Ni indege z’indwanyi kandi zihuta cyane. Ikibazo gihari ni uko zatinze none intambara ikaba igeze ahakomey...
Amakuru avuga ko Gen Juvénal Marizamunda wari umuyobozi w’Urwego rw’igihugu rw’igorora, RCS, yagizwe Minisitiri w’ingabo z’u Rwanda asimbuye Major General Albert Murasira. Umugaba w’ingabo zR...
Ingabo z’u Rwanda, abapolisi n’abacungagereza bari guhugurwa uko bakomeza kwita ku mbunda. Ni amahugurwa ari kubera mu kigo cya Polisi kiri mu Murenge wa Gishari mu Karere ka Rwamagana. Azamara iminsi...
Guverinoma y’u Rwanda iri kwitegura kuzakira inama mpuzamahanga y’ishami ry’umuryango ryita ku bihugu bikiri mu nzira y’amajyambere, ibiri mu birwa bito n’ibihugu bidakora ku Nyanja izaruberamo mu mwa...
Koperative ni urwego rushyirwaho n’abantu bagiriranye icyizere ariko bakagengwa n’itegeko kugira ngo umutungo bahurije hamwe uzabagirire akamaro mu buryo bw’imari cyangwa mu bundi buryo ntawe uhutaye....
Umunyarwandakazi Yvonne Makolo usanzwe uyobora Ikigo cy’u Rwanda cy’ubwikorezi bw’indege, Rwandair, yagizwe umuyobozi w’Ihuriro mpuzamahanga ry’ibigo bitwara abagenzi mu ndege. Iryo huriro ryitwa Inte...









