Uyu musirikare wari warakatiwe igifungo cy’imyaka 15 ariko akaza kukirangiza, yaraye aguye mu bwogero bimuviramo urupfu. Yari yarahamijwe uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi, arangiza igihano cye ...
Nyampinga w’u Rwanda 2022, Miss Muheto Divine Nshuti yashyizwe ku rutonde rw’abamikazi b’ubwiza bazitabira irushanwa mpuzamahanga, Miss World, rizabera mu Buhinde mu mpera z’umwaka wa 2023. Riza...
Urukiko rwisumbuye rwa Muhanga rwahamije uwitwa Rusumbabahizi wo mu Karere ka Ruhango, icyaha yo kwica umugore we n’umwana yari atwite akoresheje inzitiramubu rumukatira gufungwa burundu. Uru rubanza...
Muri kimwe mu byumba bya Intare Arena mu Murenge wa Rusororo mu Karere ka Gasabo hari kubera amahugurwa agenewe urubyiruko rw’abanyamuryango ba FPR bahagarariye abandi. Ku rubuga rw’Umuryango FPR-Inko...
Mu kiganiro yaraye ahaye abakozi ba Banki ya I&M bari bagiye kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi, Senateri Prof. Jean Pierre Dusingizemungu yavuze ko kugira ngo u Rwanda ruzarambe, ari ngombwa ko A...
Umurenge wa Gihundwe ni umwe mu yindi ikora ku Mujyi w’Akarere ka Rusizi ari n’aho hubatswe ibitaro bya Gihundwe. Ibi bitaro bifite ibikoresho bike kandi bishaje bityo ababigana bakavurwa nabi. Inyuba...
Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwaraye busabwe kuyoboka ikigo cy’imari n’imigabane kugira ngo abashoramari bayiguremo imigabane, icuruze irusheho gutera imbere. Byaraye bisabwe n’Umuyobozi w’Ikigo cy’u Rw...
Perezida Paul Kagame yaraye yakiriye mu Biro bye abayobozi mu kigo cy’Abadage gikora imodoka kitwa Volkswagen baganira ku mishinga gifite mu Rwanda irimo no kubaka ikigo gikora imashini zihinga kandi...
Umuyobozi w’Abangilikani ku rwego rw’Isi, Umwongereza witwa Archibishop of Canterburg Justin Portal Welby yandikiye ibaruwa uhagarariye Abangilikani bo muri Uganda amubwira ko bagomba guhaguruka bak...
Madamu Jeannette Kagame yabwiye urubyiruko rwahuriye mu Karere ka Gisagara mu Ihuriro bise ‘Ihuriro Ry’Urubyiruko, Igihango cy’Urungano’ ko kugera ku byiza birambye, umuntu abiharanira, ko bitagerwaho...









