Perezida w’Uburundi Evariste Ndayishimiye yabwiye amahanga ko iby’uko hari abashatse kumuhirika ku butegetsi ubwo yari yitabiriye inama ya G77 +China ndetse n’ubwo yari ari i NewYork mu Nteko rusan...
Urwego rw’Igihugu rushinzwe ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri, NESA, ruherutse gukora isuzuma ryaguye mu mashuri atandukanye rusanga agera kuri 54 adakwiye gukomeza gukora. Ni igenzura ryakozwe mu mw...
Abanyarwanda bakunze kwibaza igikurikiraho iyo Komisiyo y’Inteko ishinzwe iby’umutungo wa Leta, PAC, imaze kumva inzego zagaragajwe mu gukoresha nabi umutungo wa Leta. Ubusanzwe mu cyumba PAC yumviram...
Ubuzima bw’abatuye Imijyi y’u Rwanda muri rusange n’abo mu cyaro bukomeje kugorana. Impamvu ni nyinshi ariko ikomeye kurushaho ni izamuka ry’ibiciro ku masoko. Nk’ubu Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibarur...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi, Eric Rwigamba yabwiye abanyeshuri 84 barangije itorero ryabereye mu Ishuri rikuru ryigisha ubuhinzi n’ubworozi bibungabunga ibidukiki...
Rwanyindo Fanfan Kayirangwa wari usanzwe ari Minisitiri w’abakozi ba Leta n’umurimo mu Rwanda yahawe inshingano zo kuba umuyobozi wungirije w’Umuryango mpuzamahanga w’abakozi akaba n’Umuyobozi wawo ku...
Mu Rwanda hari aharavugwa imbuga nkoranyambaga za WhatsApp zishishikariza bamwe kutisanisha n’abandi ngo kuko bafite ibyo batandukaniyeho. Ndetse hari abacuruzi bashinze amaduka agurirwamo na benewabo...
Nyuma y’uko Minisiteri y’Uburezi mu Rwanda itangarije ingengabihe y’umwaka w’amashuri wa 2023/24, uzatangira ku wa 25 Nzeri 2023, ku biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye, hari bamwe mu babyeyi babwiye ...
Umugabo witwa Denis Kazungu yatawe muri yombi n’Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB akekwaho kwica abantu batazwi umubare akabashyingura mu nzu yakodeshaga. Yabashyinguraga mu nzu iherereye mu Karere ka Kic...
Ahitwa Norvège mu Karere ka Nyarugenge habereye impanuka y’imidoka yari itwaye abantu 12 bari bagiye gusura benewabo b’i Kamonyi hapfamo batandatu. Ni amakuru yemezwa n’Umuvugizi w’Ishami rya Polisi r...









