Ikigo cy’Abashinwa gishinzwe ubushakashatsi mu by’isanzure China Manned Space Agency (CMSA) cyatangaje ko umwaka wa 2030 uzagera cyarohereje abahanga mu kwezi kwiga uko guteye. Gahunda yabwo ni uko ha...
Uhuru Kenyatta wahoze ari Perezida wa Kenya yasubiye muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo kureba uko yakunga M23 n’igisirikare cya DRC. Akigera yo yakiriwe na Minisitiri ushinzwe ibikorwa by’Umuryan...
Umuyobozi wungiruje w’Ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere ry’ubuhinzi n’ubworozi Dr. Solange Uwituze yaraye asabye abakora mu bworozi bw’inkoko gushyira imbaraga mu bwa kijyambere cyane cyane ko aba...
Umunyarwandakazi Merry Balikungeri yubatse ikigo nderabuzima i Gacuriro ahitwa mu Umucyo Estate kugira ngo abagore batuye hafi aho bajye babona aho bivuriza bitabasabye kujya mu Bitaro bya Kibagabaga....
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 11 Nyakanga, urubyiruko rw’Abanyarwanda 60 ruba mu itsinda‘Rwanda Youth Club of Belgium’ , basuye Polisi y’u Rwanda ku cyicaro cyayo gikuru kuri ku Kacyiru. Basobanuriwe...
Abantu umunani bo mu gace ka Buloburde muri Somalia bapfiriye rimwe nyuma yo guturikanwa na bombe bivugwa ko yatezwe n’abarwanyi ba Al Shabaab. Umuyobozi w’Umujyi byabereyemo witwa Sadam Abdi Idow yab...
Amakuru Taarifa igikusanya avuga ko ahagana saa munani z’ijoro ryakeye agakinjiro kari hirya gato yo kwa Mushimire mu Murenge wa Ndera aho ugabanira n’uwa Kimironko mu Karere ka Gasabo hahiye. U...
Umwe mu basirikare b’u Rwanda boherejwe mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika ya Centrafrique yarashwe arapfa. Yiciwe mu gitero cyagabwe n’abantu bitwaje intwaro cyaraye kibaye kuri uyu wa Mbere talik...
Mu mpera z’Icyumweru gishize, ubutegetsi bwa Biden bwanzuye ko bugiye guha Ukraine intwaro bita cluster munitions, zakumiriwe henshi ku isi. Uburusiya n’Ubushinwa batangaje ko icyo cyemezo kitazabura ...
Ahitwa Kabaya muri Musanze haravugwa inzoga ikomeye bise Makuruca cyangwa Rukera umuntu anywa agasa n’uwasaze. Yengwa n’umugabo bahimbye Sultan Makenga ariko ubusanzwe yitwa Gasore Sylvestre. Abahatuy...









