Minisitiri w’Intebe wa Israel Benyamini Netanyahu yaraye ajyanywe mu bitaro byitwa Sheba Medical Center biri i Ramat Gan hafi y’Umujyi wa Tel Aviv. Abakora mu Biro bye batangaza ko yagize ikibazo cyo ...
Yolande Makolo uvugira Guverinoma y’u Rwanda avuga ko ababona aho u Rwanda rugeze mu iterambere batagomba kugira undi bakeka rubikesha utari Abanyarwanda ubwabo. Yabibwiye Channel Africa mu kiganiro y...
Umuyobozi w’Ikigo cy’amashuri kitwa Kiriza Light School kiri mu Kagari ka Nyabikenke mu Murenge wa Bumbogo yasabye ababyeyi kuzaba maso, bakarinda ko abana babo bazareba amashusho y’urukozasoni cyangw...
Ubwo mu Karere ka Kayonza haberaga umuhango wo kwizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe umuhinzi, abahinzi b’aho basabye Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi n’Ikigo kita ku buhinzi kurinda ko amasaka, ubur...
Abaturage bo mu Murenge wa Kigali mu Karere ka Nyarugenge baraye batashye ikigo nderabuzima gishya bubakiwe ku bufatanye bw’uyu Murenge n’ikigo kitwa Trinity Center for World Mission gikora imirimo y’...
Ubuyobozi bw’ishyaka riri ku butegetsi mu Burundi ryasabye abayoboke baryo n’Abarundi muri rusange ko bagomba kwitegura kuza kwakirana ubwuzu Madamu Angeline Ndayishimiye Umufasha wa Perezida w’Uburun...
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Kaguhu mu Murenge wa Kinigi mu Karere ka Musanze witwa Ishimwe Aimé yabwiye itangazamakuru ko hari umwana w’imyaka 11 wimanitse mu mugozi arapfa. Ngo uwo mwa...
Amb Valentine Rugwabiza uyobora ibikorwa by’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika ya Centrafrique ari kumwe n’abandi bayobozi ba gisivili na gisirikare basezeye ku murambo wa Sergeant Eustache Tabario...
Umuvugizi w’ingabo z’u Rwanda Brig Gen Ronald Rwivanga yaraye abwiye itsinda ry’abasore n’inkumi b’Abanyarwanda ariko baba mu mahanga ko umubare w’ab’igitsina gore binjizwa mu ngabo uzongerwa. Intego ...
Ubugenzacyaha bw’u Rwanda bwerekanye abantu barindwi bafashwe bakurikiranyweho kwiba abantu telefoni zabo. Barimo abamotari babiri, ukora ku iposita, ufite ubumuga n’abandi. RIB yavuze ko abamotari ba...









