Umugabo witwa Evariste Nyandwi yaraye afashwe nyuma y’igihe kirekire yihisha ubutabera kubera icyaha cya Jenoside yakorewe Abatutsi yahamijwe na Gacaca. Gacaca hari yaramukatiye gufungwa imyaka 19 nyu...
Paul Kagame yaraye abwiye abitabiriye Inama mpuzamahanga yiga ku iterambere ry’abagore ko n’ubwo hari byinshi byakozwe ngo uburinganire n’ubwuzuzanye bw’ibitsina byombi bugerweho, hari ibitarakorwa. P...
Kuri uyu wa Mbere tariki 17, Nyakanga, 2023 nibwo Umuyobozi Mukuru wa Polisi ya Singapore n’intumwa ayoboye batangiye uruzinduko rwabo mu Rwanda. Baganiriye n’abayobozi bakuru muri Polisi y’u Rwanda....
Umunya Tunisia Yamen Zelfani yageze ku kibuga mpuzamahanga cy’indege cya Kigali azanywe no gutoza Rayon Sports. Iyi kipe ni imwe mu zifite abafana benshi mu Rwanda kandi muri iki gihe abayizi bavuga k...
Minisitiri w’umutekano muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo witwa Peter Kazadi yamenyesheje Commissaire Blaise Kilimbalimba ko guhera kuri uyu wa Kabiri taliki 18, Nyakanga, 2023 ari muyobozi wa Pol...
Ubuyobozi bw’Intara y’Amajyepfo buvuga ko hari ubwato bwari butwaye abantu 11 buva muri Muhanga bugana muri Ngororero bwakoze impanuka harokoka abantu batatu. Abenshi mu bayiguyemo ni abana. Abagenzi ...
Abanyeshuri basaga ibihumbi 202 biga mu mashuri abanza batangiye ibizamini bya Leta birangiza umwaka wa 2022/23. Muri bo abahungu ni 91,067 n’abakobwa 111,900, bose hamwe bakaba abana 202,967. Imibar...
Uburusiya bwatangaje ko buhagaritse amasezerano bwari baragiranye n’Umuryango w’Abibumbye yo kureka amato atwaye ibinyampeke akabigeza hirya no hino ku isi aciye mu Nyanja yirabura. Ni icyemezo kiri b...
Guhera taliki 01 kugeza taliki 02, Kanama, 2023, abahanga mu ikoranabuhanga bazateranira mu Rwanda bungurane ibitekerezo by’uko ikoranabuhanga ryakomeza kuba igisubizo ku bibazo bya muntu. Ni inama ya...
Mu masaha y’umugoroba wo kuri iki Cyumweru taliki 16, Nyakanga, 2023 imodoka yari itwaye abagenzi yagonganye na FUSO yari ipakiye amafi abantu 16 barahagwa. Minibisi yangiritse cyane k’uburyo byasabye...









