Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubutabazi, UN Office for the Coordination of Humanitarian Affairs, ritangaza ahitwa Bunia mu Ntara ya Ituri muri DRC hari kubera ubwicanyi budasanzwe k’uburyo...
Itangazo ryasohowe na Njyanama y’Akarere ka Rwamagana rivuga ko yeguje Madame Nyirabihogo Jeanne d’Arc wari Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu. Hari amakuru avuga ko Nyirabi...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yabwiye Abakuru b’ibihugu bituriye uruzi rwa Congo ko u Rwanda rushyigikiye umuhati wabyo wo kubungabunga amazi yarwo. Hari mu nama yahagarariyemo Perezida Pau...
Umujyi wa Kigali wahaye amasezerano y’umwaka umwe ikigo kitwa CALL ME Ltd ngo kijye gikorera isuku Stade Kigali Pélé Stadium. Ni nyuma y’uko itangazamakuru rigaragaje ko iyi stade yari igiye kuba ikim...
Perezida wa Senegal Macky Sall wari uri mu Rwanda kuri uyu wa Mbere yitabiriye inama mpuzamahanga yahuje abagore bahagarariye abandi, yahise akomereza muri Uganda. Amafoto yatangajwe na NBS yamwerekan...
Itangazo ry’Umuryango FPR Inkotanyi ryasohowe kuri uyu wa Kabiri taliki 18, Nyakanga, 2023 riramagana abanyamuryango baherutse gukora icyo bise ‘Iyimikwa ry’Umutware w’Abakono’ cyabereye muri Musanze ...
Angeline Ndayishimiye yaje mu Rwanda kwitabira inama mpuzamahanga ihuza abagore aciye inzira y’ubutaka. Kuri uyu wa Mbere nibwo Taarifa yari yanditse ko umufasha wa Perezida w’Uburundi Angeline Ndayi...
Mu Karere ka Bugesera habereye inama yahuje abasirikare n’abapolisi ndetse n’abasivili bahagarariye abandi bigira hamwe uko imyitozo ikomatanyije yitwa Ushirikiano Imara 2024 izakorwa. Iyi myitozo ng...
Nyuma y’amasaha make Rayon Sports izanye umutoza mushya uturutse muri Tunisia, APR FC nayo imaze gusinyisha uwitwa Nsengiyumva Ir'shad wongerewe igihe ayikinira. APR FC na Rayon Sports niyo maki...
Ishyaka riri ku butegetsi muri Singapore riri mu kigeragezo gikomeye nyuma y’uko Minisitiri w’ubwikorezi atawe muri yombi akurikiranyweho ruswa. Bidatinze Perezida w’Inteko ishinga amategeko hamwe n’...








