Imibare itangazwa n’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare ivuye mu Ibarura Rusange ry’Abaturage n’Imiturire, ryakozwe mu 2022 yerekana ko abantu 862.929 ari abageze mu zabukuru, ni ukuvuga ko bagize 6,...
Perezida wa Uganda Yoweli Museveni ari hafi kujya mu Burusiya guhurana na mugenzi we Vladimir Putin ngo baganire ku ngingo zirimo umutekano no gucukura petelori na gazi. Asuye Uburusiya nyuma gato y’u...
Umwe mu ba Jenerali mu ngabo za Sudani witwa Gen Al Atta yaburiye Perezida wa Kenya William Ruto ko naramuka yohereje ingabo ze muri Sudani ngo zije kwitambika impanze ziri kurwana nta n’umwe muri bo ...
Minisitiri w’ikoranabuhanga na Inovasiyo Paula Musoni Ingabire avuga ko u Rwanda rufite gahunda yo kuzamura ubumenyi bw’abarwigamo kugira ngo bateze imbere ikorabuhanga muri rusange bityo rigere n’aha...
Amakuru aravuga ko Carlos Alòs Ferrer wari umutoza mukuru w’Amavubi aherutse kwandikira FERWAFA ayisaba gusesa amasezerano mashya yari aherutse gusinyana nayo. Yari ayo gukomeza kuyatoza mu myaka ibir...
Mu kiganiro Perezida Paul Kagame na mugenzi we wa Congo Brazzaville Dennis Sassou Nguesso bahaye abanyamakuru, bombi bemeje ko ibihugu byombi bifite intego y’ubufatanye mu iterambere ry’Afurika. Perez...
Ubuyobozi bwa Airtel Rwanda bwatangije murandasi y’igisekuru cya kane( Fourth Generation, 4G). Ni murandasi yakozwe na Airtel-Rwanda ubwayo, ikazahabwa abantu bose ku giciro bari basanzwe bagurirah...
Antoine Ndayishimiye wo mu Mudugudu wa Nganzo, Akagari ka Rugogwe mu Murenge wa Muhororo mu Karere ka Ngororero arashakishwa n’inzego z’umutekano zimukurikiranyeho kwica murumuna we witwa Françosi Ryu...
Itangazamakuru ryo mu Burengerazuba bw’Isi riribaza aho Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’Ubushinwa Qin Gang yaba aherereye. Hagiye gushira ukwezi atagaragara mu ruhame; bigatuma abantu bibaza aho ya...
Minisitiri w’ingabo z’u Rwanda, Juvénal Marizamunda yaganiriye na Ambasaderi wa Qatar mu Rwanda witwa Misfer Faisal Al-Shahwani uko ingabo z’ibihugu byombi zakongera ubufatanye. Itangazo rivuga kuri i...









