Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima, RBC, kivuga ko hari ubushakashatsi kiri gukora mu rwego rwo kumenya uko iyi ndwara imeze kugira ngo hazafatwe ingamba zo kuyica burundu. Ngo bitarenze umwaka wa 203...
Aimable Nzizera wareze umunyamakuru Manirakiza Theogene icyaha cya ruswa yandikiye urukiko avuga ko amubabariye. Undi yavuze ko nta mbabazi ze ashaka, ahubwo ko agomba kwerura akabwira urukiko cyamut...
Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Rishi Sunak yahinduye abagize Guverinoma ye, akuramo Suella Braverman wari ushinzwe ibibazo by’imbere mu gihugu ariko mu madosiye ye hakabamo n’iyarebaga u Rwanda kub...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga Dr. Vincent Biruta yakiriye Amb Eric Kneedler watanzwe na Washington ngo ahagararire Amerika i Kigali. Eric Kneedler aje guhagararira Amerika mu Rwanda asimbuye Peter ...
Mu Mudugudu wa Nyange, Akagari ka Nsibo Umurenge wa Nyange mu Karere ka Ngororero hari abaturage bashinja Umuhuzabikorwa wa DASSO ku rwego rw’Umurenge gukubitira umuturage mu ruhame. Uwo mu DASSO yitw...
Abaturiye urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro n’abandi bose babiboneye umwanya baje kare aho uru rukiko rwubatse hafi y’Ibiro by’Akarere ka Kicukiro ngo baze kumva ikatwa ry’urubanza rwa Kazungu Denis ku i...
Abasirikare bakuru mu ngabo z’ibihugu bigize Umuryango w’Afurika y;Uburasirazuba, EAC, bahuriye mu Bugesera mu kigo cya gisirikare cya Gako baganira uko imyitozo yiswe USHIRIKIANO IMARA 2024 izagenda....
Kuri uyu wa Gatatu taliki 27, Nzeri, 2023 biteganyijwe ko Prof Jean Claude Harerimana wahoze uyobora Ikigo cy’igihugu cy’amakoperative, RCA, azitaba urukiko rw’ibanze rwa Nyarugenge. Ni urubanza ruzib...
Tekereza uko byaba bigayitse uramutse uri umuyobozi w’ikigo runaka ariko ukaba uzwiho kugira amatiku, guseka ubusa, kurakazwa n’ubusa…mbese witwara nk’abana? Kumenya gushyira ku murongo amarangamutima...
Warren Buffet ni umwe mu Banyamerika b’abaherwe kurusha abandi Banyamerika n’abandi batuye isi yose. Ni umuherwe wa gatanu ku isi kuko atunze miliyari $106, akaba akomoka muri Amerika. Afite imyaka 92...









