Mu gihe Perezida wa Tchad ari gukora uko ashoboye ngo arebe uko yakumvikanisha uruhande rwahiritse Perezida wa Niger n’uwo rwahiritse, abasirikare bari ku butegetsi batangiye gufata abahoze bakorana n...
Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi wasinyanye na Guverinoma y’u Rwanda amasezerano y’inkunga ingana ba miliyoni 19,5 z’ama Euros izakoresha mu rwego rw’ubutabera. Ni igice cy’inkunga ndende ingana na mili...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali n’ubw’Akarere ka Nyarugenge baherutse gushyira ibuye ry’ifatizo n’umusingi ahazubakwa irerero rifite agaciro ka Miliyoni Frw 30 rizuzura mu minsi 60. Rizakira abana 240 r...
Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda Yolande Makolo avuga ko umubano w’u Rwanda n’Amerika ari kimeza kandi ikomeye. Yabivugiye mu muhango wo kwishmira uko ibihugu byombi bibanye wabereye mu Nteko ishing...
Ahagana saa sita z’amanywa nibwo abasirikare n’abapolisi bayobowe na Major General Alex Kagame bagiye muri Mozambique gusimbura bagenzi babo bari bahamaze iminsi mu bikorwa byo kuhatsimbataza umutekan...
Modeste Muhire yabwiye itangazamakuru ko ubwo yageraga mu Rwanda ahungutse, ari bwo yumvise agaruye ubuzima kuko mu nkambi yabagamo muri Tanzania hamwe n’abandi Banyarwanda ubuzima bwasaga n’ubucakar...
Mu rusaku rw’amagambo yumvikanamo umujinya, abaturage b’i Niamey mu Murwa mukuru wa Niger bigabije Ambasade y’Ubufaransa bamena inzugi ngo bayinjiremo. Baje kubona ibendera ry’iki gihugu barangi...
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatandatu taliki 28, Nyakanga, 2023 umugabo witwa Théogène Twagirimana yapfiriye muri Gare ya Musanze nyuma yo kugwa hasi. Yari akiri muto kuko yari afite imyaka 37 y’amavuko....
Hatabayemo gukabya, umuntu ashobora kuvuga ko Obasango wigeze kuyobora Nigeria yahiriwe nk’uko byigeze kumera ku mwami Salomon wa Israel ya kera. Obasango ni umukire cyane akaba n’umunyabwenge bwinshi...
Perezida wa Mozambique Filip Nyusi yaraye ahuye n’ikipe ya Basket y’igihugu cye y’abagore iri mu Rwanda mu irushanwa nyafurika ry’uyu mukino mu rwego rw’abagore. Nyusi yari ari kumwe na Perezida Kagam...









