Mu Karere ka Ngororero haherutse gufatirwa abaturage barindwi bari bafite ibuye ry’agaciro rya Lithium bacukuye bidakurikije amategeko. Ryapimaga toni 1 n’ibilo 390. Bafashwe k’ubufatanye n’inzego z’...
Sulemana Abdul Samed ni umugabo wo muri Ghana uvugwaho kuba muremure kurusha abandi ku isi muri iki gihe. Abaganga baherutse kumubwira ko yarengeje igipimo cy’uburebure busanzwe buzwi ku bantu basanzw...
Agace ka Rutsiro katangajwe ko ari kamwe mu twibasirwa n’inkuba kurusha ahandi ku isi. Ni ko ka mbere mu Rwanda nk’uko bitangazwa na Minisiteri y’ibikorwa by’ubutabazi. Mu myaka itanu is...
Mu rwego rwo gufasha abakina Karate mu Rwanda, u Buyapani bubinyujije mu ishyirahamwe ryitwa Japan Karate Association, baherutse guha abantu 30 biganjemo abana impamyabumenyi yemeza ko bazamuye ubumen...
Nyuma y’uko Papa Benedigito XVI atabarutse, ibiro bya Papa Francis byasohoye ifoto y’umurambo we aryamye agaramye yambaye imyenda y’icyubahiro igenewe Papa iyo ari mu bikorwa bikomeye bya Kiliziya. If...
Umusirikare uyobora ingabo za DRC zikorera muri gace k’ibikorwa bya gisikare bise Sokola 2 bikorerwa mu gice cy’Amajyepfo witwa Général-major Ramazani Fundi yanenze abasirikare bo mu gace ayobora b...
Imibare itangwa na Polisi ya Uganda ivuga ko abantu icyenda ari bo baguye mu muvundo wabereye mu nzu y’imyidagaduro yitwa Freedom City Mall mu Murwa mukuru Kampala. Umusangiza w’amagambo( MC) yabwiye...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko mu bigo by’ubuvuzi hazakomeza gukurikizwa amasaha asanzwe mu gihe abandi bakozi bo bazajya batangira saa tatu za mu gitondo. Kuri Twitter Minisiteri y’ubuzima yahandi...
Abahanzi nyarwanda Davis D na Juno Kizigenza bageze ikirenge mu cya bagenzi babo b’Abanyarwanda bamaze iminsi bataramira abaturanyi b’Abarundi. Bahakoreye igitaramo cy’amateka cyiswe ‘Party People’, g...
Raporo ya Minisiteri y’ibikorwa by’ubutabazi iva muri Mutarama ikagera kuwa 28 Ukuboza 2022, yagaragaje abantu 200 ari bo baburiye ubuzima mu byago byatewe n’ibiza byageze mu Rwanda mu mwaka wa 2022....









