Mu Murenge wa Remera Akarere ka Gasabo ahitwa Rukiri II haraye hadutse inkongi ihitana umuzamu wari uraririye imari y’aho. Amakuru twashoboye kubona avuga ko ibi byago byabaye saa munani na mirongo 35...
Abashoramari bo muri Madagascar baganiriye n’abo mu Rwanda uko imikoranire yarushaho gutera imbere. Clare Akamanzi yabahaye ikaze mu Rwanda avuga ko abacuruzi bo mu Rwanda bishimira kuba bagiye gukora...
Kaminuza y’ubuzima rusange ya Butaro, University of Global Health Equity-Butaro Campus yaraye ihaye impamyabumenyi abanyeshuri 46 baturutse mu bihugu 13 byo hirya no hino ku isi. Byari mu muhango wabe...
BlackBerry yamenyekanye ku isi nk’uruganda rukora telefone zigezweho kandi zigeze no gukundwa cyane mu Rwanda kubera ikoranabuhanga zari zikoranye riziha umutekano ku buryo kwinjira mu makuru y’abazik...
Ahagana saa kumi n’ebyiri n’igice z’umugoroba nibwo Andry Rajoelina yageze mu Rwanda. Mu ruzinduko rwe azaganira na Perezida Kagame ku ugutsura umubano hagati y’igihugu cye n’u Rwanda. Asuye u Rwanda...
Amakuru Taarifa ikura muri Uganda aravuga ko ikipe ya Polisi y’u Rwanda itsindiye igikombe yari yahuriye ku mukino wa nyuma n’ikipe y’Uburundi yitwa Rukinzo VC ikaba yayitsinze ku maseti atatu kuri i...
Aya makuru atangwa na Banki nyafurika y’iterambere, BAD, muri raporo yayo yerekana uko ubukungu bw’Afurika muri rusange n’ubw’Afurika yo mu Burasirazuba by’umwihariko buzazamuka mu gihe kiri imbere. A...
Mu gihe hasigaye amasaha make ngo nyirantarengwa yahawe abasirikare bafashe ubutegetsi bwa Niger bahiritse uwari uburiho babe babumusubije, Perezida wa Algérie witwa Abdelmadjid Tebboune yavuze ko uza...
Ku buso bwa Hegitari 8.2 mu Murenge wa Masaka hari kubakwa ibitaro bishya bya Kaminuza bya Kigali byari bisanzwe biri mu Karere ka Nyarugenge. Gusiza ikibanza byatangiye muri Mutarama, 2023 ari ubu im...
Mu Kigo cya gisirikare kitwa Camp Bahumba kiri i Kisangani hamaze iminsi hatorezwa itsinda y’abakomando ba DRC bafite inshingano yo kurinda Intara ya Ituri, iya Kivu ya Ruguru, Kivu y’Epfo n’izindi. V...









