Mu rwego rwo gufatanya kugira ngo buri wese azagire uruhare rugaragara mu gutera inkunga abarwanyi ba FPR-Inkotanyi mu ntambara yo kubohora u Rwanda, umuhinzi yatangaga ku myaka yejeje. Abakozi batang...
Mu gihe imodoka zikoresha amashanyarazi zikomeje kuba imari ishyushye ku isi, iziresha umwuka wa hydrogen zo zatangiye kubura aho zizajya zijya gushyirishamo undi kubera ko stations ziwutanga zatangiy...
Imyaka 12 irashize umuhanzi w’Umurundi bamwe bafata ko ari uw’ibihe byose muri kiriya gihugu atabarutse.Uwo ni Jean Christophe Matata. Matata yavutse mu mwaka wa 1960 atabaruka taliki 03, Mutarama, 20...
Ishami ry’Umuryango w’abibumbye ryita ku bana, ishami ry’u Rwanda, ryatangaje ko ryatangiye gukoresha imodoka zikoresha amashanyarazi mu rwego rwo gufasha mu kugabanya ibyuka bihumanya ikirere. Ku ruk...
Abatuye mu mijyi bakunze kuvuga ko imibereho yabo itabemerera mu buryo bworoshye kubona umwanya wo gukora siporo. Uko byagenda kose ariko, umuntu yihaye gahunda yo gukora siporo mu minota itanu ntibya...
Kuri uyu wa Gatatu Taliki 04, Mutarama, 2023 nibwo abakozi ba Leta batangiye gukorera ku ngengabihe nshya igena ko akazi gatangira saa tatu kakarangira saa kumi n’imwe. Abaturage bamwe bavuga ko aya m...
Umwe mu miryango ya sosiyete sivile muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo ukorera muri Ituri watangaje ko hadutse inyeshyamba ziyise Zaïre. Abazigize bashinjwa kuba inyuma y’urupfu rw’abantu 64 bish...
Mu Buhinde haravugwa urupfu rw’Abarusiya batatu bapfuye mu buryo kugeza ubu bukiri amayobera. Uherutse gupfa ni Umurusiya wari enjeniyeri( engineer) basanze yapfiriye muri Hoteli yari acumbitsemo. Uyu...
Imiryango imwe n’imwe itsimbaraye ku myemerere ya kidini yo mu Murenge wa Kabarondo, Akagari ka Rusera mu Karere ka Kayonza, ivugwaho gukura abana mu ishuri ngo ntibihuje n’imwemerere yabo. Bavu...
Ibitaramo abahanzi b’Abanyarwanda bamaze iminsi bakorera mu Burundi byatumye hari hamwe mu bahanzi bo muri kiriya gihugu batangira kubyinubira. Bavuga ko umuziki w’u Rwanda watwaye Abarundi benshi k’u...








