Skip to content
Hot News

Abanya Venezuela Bari Guhabwa Intwaro Zo Kuzahangana Na Amerika

Rwanda: Umunya Slovenia Atwaye Isiganwa Ry’Isi Mu Bagabo Batwara Igare

Amasezerano Y’u Rwanda N’Ibirwa Bya Trinidad And Tobago Mu Bwikorezi

Muhanga: Ba Nyiri Ibirombe Bibukijwe Gushyira Abakozi Muri Ejo Heza

Ubushinwa: Huzuye Ikiraro Cya Mbere Kiri Ku Butumburuke Buruta Ubundi Ku Isi

Abangavu B’Abanyarwakazi Batsinzwe Bahabwa Amadolari

My Blog

My WordPress Blog

Menu
Saturday, December 6, 2025

Umwanditsi wa Taarifa

  • Mu Rwanda

Gasabo: Yijyanye Kuri Polisi Nyuma Yo Kicwa Umugore We

Mu Murenge wa Jabana, mu Karere ka Gasabo  haravugwa umugabo witwa Nzaramba watemye umugore we  aramwica bapfuye Frw 15,000 ahita ajya kwirega kuri Polisi. Byabaye kuri uyu wa Kane Taliki 05, Mutarama...

Umwanditsi wa Taarifa
January 6, 2023
Read More
  • Mu mahanga

Gutora Perezida W’Inteko Ishinga Amategeko Y’Amerika Byananiranye

Bimaze kuba inshuro 11 abagize Inteko ishinga amategeko y’Amerika bicara ngo batore Perezida w’Umutwe w’Abadepite ariko bikanga! Abo mu ishyaka ry’Aba Republicans nibo biganje muri iyi Nteko ari ni na...

Umwanditsi wa Taarifa
January 6, 2023
Read More
  • Mu mahanga

Uganda: Impanuka Yahitanye Abantu16

Mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatanu ahitwa Adebe ugana Kampala –Gulu habereye impanuka yahitanye abantu 16. Ni imibare yatangajwe na Polisi ya Uganda. Imodoka ya bisi ifite nomero UAT 259P y’’ikigo Rob...

Umwanditsi wa Taarifa
January 6, 2023
Read More
  • Mu Rwanda

Indi Mishinga Migari u Bufaransa Buzakorana N’u Rwanda…

Minisiteri y’imari n’igenamigambi ivuga ko  igiye gufatanya n’Ikigega cy’Abafaransa gishinzwe iterambere mpuzamahanga mu kongera ikoranabuhanga mu nzego za Leta zitandukanye. Ni umushinga uzashorwamo ...

Umwanditsi wa Taarifa
January 6, 2023
Read More
  • Mu Rwanda

Ibya Prince Kid Byasubiwemo

Nyuma yo kurekurwa byemejwe n’Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge nyuma yo kugirwa umwere, ubu Ishimwe Dieudonné wamenyekanye nka Prince Kid agiye gusubira imbere y’Urukiko. Ubushinjacyaha bwajuririye k...

Umwanditsi wa Taarifa
January 5, 2023
Read More
  • Mu Rwanda

Nyamasheke: Abagore Bane Bafatiwe Mu Isoko Bagiye Gucuruza Magendu

Ishami rishinzwe kurwanya abanyereza imisoro (RPU) ku bufatanye na Polisi y’u Rwanda baherutse gufatira mu isoko amabalo atandatu y’imyenda yari yinjiye mu Rwanda mu buryo bwa magendu. Icyo gihe hafas...

Umwanditsi wa Taarifa
January 5, 2023
Read More
  • Ubukungu

Rwanda Revenue Irasaba Abanywa Inzoga Kujya Baka EBM

Ubuyobozi bw’Ikigo cy’igihugu cy’imisoro n’amahoro bwabwiye Taarifa ko mu gihe gito kiri imbere bugiye gusuzuma niba abacuruza inzoga mu tubari batanga inyemezabwishyu y’ikoranabuhanga, EBM. Ni  mu rw...

Umwanditsi wa Taarifa
January 5, 2023
Read More
  • Mu mahanga

Tanzania Yirukanye Uwari Uyihagarariye Muri UN

Perezida  Samia Suluhu Hassan yirukanye Ambasaderi w’igihugu cye mu Muryango w’Abibumbye witwa Prof Kennedy Gastorn kubera ruswa akekwaho. Abakurikiranira hafi ibibera muri Tanzania bavuga ko ibyo Sul...

Umwanditsi wa Taarifa
January 5, 2023
Read More
  • Mu mahanga

Igikomangoma Cy’u Bwongereza Harry Arashinja Mukuru We Kumukubita

Igikomangoma Harry aherutse gusohora igitabo ashinjamo mukuru we igikomangoma William gushaka kumukubita. Abivuga mu gitabo yise Spare ari hafi gusohora. Harry yabwiye The Guardian ko mu mwaka wa 2019...

Umwanditsi wa Taarifa
January 5, 2023
Read More
  • Ubukungu

Abafite Imitungo Itimukanwa Bongerewe Ukwezi Ko Gusora

Impera za Mutarama, 2023 nicyo gihe abafite imitungo itimukanwa bongerewe ngo bazabe barangije kuyisorera. Ubu umusoro w’inzu zo guturamo ugeze kuri 1% by’agaciro k’inzu ku isoko. Mu Mujyi wa Ki...

Umwanditsi wa Taarifa
January 5, 2023
Read More
1...115116117118119...121
Copyright © 2025 My Blog | Powered by News Magazine X