Mu Murenge wa Jabana, mu Karere ka Gasabo haravugwa umugabo witwa Nzaramba watemye umugore we aramwica bapfuye Frw 15,000 ahita ajya kwirega kuri Polisi. Byabaye kuri uyu wa Kane Taliki 05, Mutarama...
Bimaze kuba inshuro 11 abagize Inteko ishinga amategeko y’Amerika bicara ngo batore Perezida w’Umutwe w’Abadepite ariko bikanga! Abo mu ishyaka ry’Aba Republicans nibo biganje muri iyi Nteko ari ni na...
Mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatanu ahitwa Adebe ugana Kampala –Gulu habereye impanuka yahitanye abantu 16. Ni imibare yatangajwe na Polisi ya Uganda. Imodoka ya bisi ifite nomero UAT 259P y’’ikigo Rob...
Minisiteri y’imari n’igenamigambi ivuga ko igiye gufatanya n’Ikigega cy’Abafaransa gishinzwe iterambere mpuzamahanga mu kongera ikoranabuhanga mu nzego za Leta zitandukanye. Ni umushinga uzashorwamo ...
Nyuma yo kurekurwa byemejwe n’Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge nyuma yo kugirwa umwere, ubu Ishimwe Dieudonné wamenyekanye nka Prince Kid agiye gusubira imbere y’Urukiko. Ubushinjacyaha bwajuririye k...
Ishami rishinzwe kurwanya abanyereza imisoro (RPU) ku bufatanye na Polisi y’u Rwanda baherutse gufatira mu isoko amabalo atandatu y’imyenda yari yinjiye mu Rwanda mu buryo bwa magendu. Icyo gihe hafas...
Ubuyobozi bw’Ikigo cy’igihugu cy’imisoro n’amahoro bwabwiye Taarifa ko mu gihe gito kiri imbere bugiye gusuzuma niba abacuruza inzoga mu tubari batanga inyemezabwishyu y’ikoranabuhanga, EBM. Ni mu rw...
Perezida Samia Suluhu Hassan yirukanye Ambasaderi w’igihugu cye mu Muryango w’Abibumbye witwa Prof Kennedy Gastorn kubera ruswa akekwaho. Abakurikiranira hafi ibibera muri Tanzania bavuga ko ibyo Sul...
Igikomangoma Harry aherutse gusohora igitabo ashinjamo mukuru we igikomangoma William gushaka kumukubita. Abivuga mu gitabo yise Spare ari hafi gusohora. Harry yabwiye The Guardian ko mu mwaka wa 2019...
Impera za Mutarama, 2023 nicyo gihe abafite imitungo itimukanwa bongerewe ngo bazabe barangije kuyisorera. Ubu umusoro w’inzu zo guturamo ugeze kuri 1% by’agaciro k’inzu ku isoko. Mu Mujyi wa Ki...









