Skip to content
Hot News

Abanya Venezuela Bari Guhabwa Intwaro Zo Kuzahangana Na Amerika

Rwanda: Umunya Slovenia Atwaye Isiganwa Ry’Isi Mu Bagabo Batwara Igare

Amasezerano Y’u Rwanda N’Ibirwa Bya Trinidad And Tobago Mu Bwikorezi

Muhanga: Ba Nyiri Ibirombe Bibukijwe Gushyira Abakozi Muri Ejo Heza

Ubushinwa: Huzuye Ikiraro Cya Mbere Kiri Ku Butumburuke Buruta Ubundi Ku Isi

Abangavu B’Abanyarwakazi Batsinzwe Bahabwa Amadolari

My Blog

My WordPress Blog

Menu
Saturday, December 6, 2025

Umwanditsi wa Taarifa

  • Mu Rwanda

Claude Muhayimana Wari Ufungiye Mu Bufaransa Kubera Jenoside Yarekuwe

Uyu mugabo w’imyaka 61 y’amavuko yari amaze igihe gito akatiwe gufungwa imyaka 14 nyuma yo guhamwa na Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994 bari batuye mu bice bya Gitwa na Bisesero, ubu ni mu K...

Umwanditsi wa Taarifa
January 7, 2023
Read More
  • Imyidagaduro

Mu Bahanzi 200 B’Ibihe Byose Mu Mateka Y’Isi 84 Ni Abirabura

Urutonde rwakozwe n’ikinyamakuru kitwa Rolling Stone cyo muri Amerika cyerekana ko mu bahanzi ba 200 b’ibihe byose, uwa mbere ari Umwirabura kazi witwa Aretha Flanklin. Umwe muri bo kandi Umunya Niger...

Umwanditsi wa Taarifa
January 7, 2023
Read More
  • Mu Rwanda

Rwanda: Abapolisi Bakurikiranyweho Ruswa

Ubuyobozi bwa Polisi y’u Rwanda bwerekanye abantu batandatu barimo abapolisi bane bakurikiranyweho kwaka no kwakira amafaranga y’abakandida bashakaga uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga batigeze bakore...

Umwanditsi wa Taarifa
January 7, 2023
Read More
  • Mu mahanga

Inteko Ishinga Amategeko Y’Amerika Yabonye Umuyobozi

Nyuma y’igihe kirekire hari impaka zishyushye hagati y’abagize Inteko ishinga amategeko y’Amerika bishakamo uwayobora Umutwe w’Abadepite, ubu umugabo witwa Kevin McCarthy niwe wegukanye uyu mwanya. Ni...

Umwanditsi wa Taarifa
January 7, 2023
Read More
  • Ubukungu

Rwanda: Ubworozi Bw’Amafi Bwashyizwe Mu Bwishingizi

Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi yasanze ari ngombwa ko ubworozi bw’amafi bushyirwa mu bwishingizi kugira ngo bwongerwemo ishoramari bityo ibiyaga by’u Rwanda bibyazwe ‘umusaruro ukwiye.’ Aborozi b’am...

Umwanditsi wa Taarifa
January 7, 2023
Read More
  • Mu mahanga

Yishe Abagize Umuryango We Bose Nawe Ariyahura

Michael Haight yishe abana be batanu, umugore we na nyirabukwe abarashe na we arirasa. Byabereye muri Amerika ahitwa Utah mu Mujyi witwa Enoch City. Abaturanyi b’uyu muryango nibo batabaje Polisi ije ...

Umwanditsi wa Taarifa
January 6, 2023
Read More
  • Mu Rwanda

Dr.François Xavier Kalinda Wahoze Muri EALA Yagizwe Senateri

Dr. François Xavier Kalinda yaje gusimbura Dr. Augustin Iyamuremye uherutse kuva muri Sena kubera impamvu z’uburwayi. Kalinda asanzwe ari umunyamategeko akaba yarigeze kujya mu Nteko ishinga amategeko...

Umwanditsi wa Taarifa
January 6, 2023
Read More
  • Mu Rwanda

Rusizi: Itanura Ryubatswe Mu 2013 Kuri Miliyoni Frw 80 Ryakoze Inshuro Imwe

Mu Murenge wa Gitambi Mu Karere ka Rusizi hari abanyamuryango ba Koperative COTIAGIRU bavuga ko itanura bubakiwe mu mwaka 2013 ryubatswe nabi k’uburyo ryakoze inshuro imwe gusa nabwo mu igerageza.  Ry...

Umwanditsi wa Taarifa
January 6, 2023
Read More
  • Mu mahanga

Amerika N’u Burayi Birengagije Afghanistan, u Bushinwa Bubyungukiramo

Mu gihe Amerika n’u Burayi bamaze iminsi barirengagije Afghanistan kubera ko muri iki gihe iyobowe n’Abatalibani, u Bushinwa bwo bwabibonyemo amahirwe y’ishoramari. Ubushinwa bwemeranyije n’Abataliban...

Umwanditsi wa Taarifa
January 6, 2023
Read More
  • Mu Rwanda

Aba DASSO Basabwe Kudashyira Inyungu Zabo Imbere

Ubuyobozi w’ishuri ry’amahugurwa rya Polisi (PTS), ari naryo ritoza Urwego rwunganira umutekano mu Karere n’Umurege rwitwa DASSO, bwasabye abakora muri uru rwego kuzibukira ibyo gushaka inyungu zabo a...

Umwanditsi wa Taarifa
January 6, 2023
Read More
1...114115116117118...121
Copyright © 2025 My Blog | Powered by News Magazine X