Kuri uyu wa Kane Taliki 12, Mutarama, 2023 nibwo Minisitiri Mevlüt Çavuşoğlu ushinzwe ububanyi n’amahanga bwa Turikiya yageze mu Rwanda yakirwa na mugenzi we Dr. Vincent Biruta. Nta makuru arambuye ku...
Ubushinjacyaha bwasabye urukiko ko Charles Kayumba wari Umukuru w’Umudugudu, akaba afunganwe na Kayumba Innocent bita Kajerekani baregwa icyaha cyo gukubita umuntu bikamuviramo urupfu bakomeza gufung...
Abayobozi mu nzego z’imibereho myiza cyane cyane iyifatanye isano ya hafi n’abagore bemeza ko kuba Abanyarwandakazi bakoresha ikoranabuhanga bakiri bake, bibadindiza mu iterambere. Kuba ari bake biter...
Minisitiri mushya w’u Bushinwa ushinzwe ububanyi n’amahanga witwa Qin Gang yaraye atashye ku mugaragaro inzu ngari iki gihugu cyubakiye Umuryango w’Afurika yunze ubumwe ngo uzayikoreshe nk’ikigo gishi...
Ubwo yayoboraga umuhango wo gushyira ho Guverineri mushya w’Intara ya Rumonge, Perezida Evariste Ndayishimiye yavuze ko abayobozi bigize intakoreka ngo barakomeye, bari bakwiye kubivamo bakubaha ababa...
Umuvugizi wa Polisi ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda, SSP René Irere yabwiye itangazamakuru ko uru rwego rwatangiye igenzura ryimbitse rizasiga ‘nta modoka ishaje’ iri mu zitwara abanyeshuri. ...
Umugaba mukuru w’ingabo za DRC witwa Général Christian Chiwewe yasabwe n’abagize Sosiyete sivile yo mu bice bya Nyiragongo kwirukana uruhenu abarwanyi ba M23 aho bari hose. Abagize Sosiyete sivile mur...
Inzu y’imideli yitwa Moshions yatangaje ko umuntu wese ufite umwambaro wayo amaranye imyaka itatu kuzamura yawugarura ikawumugurira ubundi ukavugururwa. Abafite iyi myenda bashaka kuyigarura bagomba k...
Mu mateka y’ibitabo bitarimo amakabyankuru (non-fictional books) igitabo Spare cyanditswe n’igikomangoma cy’u Bwongereza Harry nicyo yaguzwe ku bwinshi kurusha ibindi. Haguzwe Kopi 400,000 ku munsi. I...
Mu Murenge wa Kinazi, Akarere ka Ruhango hari inkuru ivuga iby’umugabo wakubise umwana we w’imyaka itandatu bimuviramo urupfu. Uwo mwana yari umukobwa, bikemezwa ko yari amaze igihe iwabo bamutoteza. ...









