Ruti Joël yaraye atangarije abatabiriye igitaramo “Rurasugiye” cyateguwe n’itorero Ibihame by’Imana ko hari indirimbo yandikiwe na Yvan Buravan uherutse gutabaruka. Zimwe muri zo yaziriri...
Kuri uyu wa Mbere taliki 16, Urukiko rukuru ruri butangaze icyemezo cyarwo ku bujurire bwa Hon Edouard Bamporiki uherutse kujuririra igihano yahawe. Hari Taliki 19, Ukuboza, 2022 nibwo Bamporiki yita...
Minisitiri w’umutekano Alfred Gasana yaraye atangaje ko igororero ry’abagore ryubakwaga muri Nyamagabe ryuzuye bityo ko abari bafungiye mu igororero ry’I Muhanga batangiye kuhimurirwa. Abaherutse kuhi...
Izina rye ry’akazi ni Selekta Kuno, ariko asanzwe yitwa Anaclet Rukundo. Ni umusore uvanga umuziki, abazwi ku izina rya DJ (disc jockey). Avuga ko imwe mu mbogamizi ahurira nayo mu kazi ari uko hari u...
Imibare yatangajwe n’ubuyobozi bw’i Kathmandu, umurwa mukuru wa Nepal, avuga ko abantu 67 ari bo bamaze kubarurwa ko bapfiriye mu mpanuka y’indege yari irimo abantu 72. Ubuyobozi bwabwiye AFP ko hari ...
Perezida Paul Kagame yabwiye abayobozi mu nzego za Politiki n’abo mu rwego rw’amadini ko n’ubwo ku isi hari ababona ko baruta bagenzi babo ku isi, iyo hagize ushaka kugira icyo amutegeka gukora, undi ...
Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwemeje ko nta bimenyetso simusiga bibigaragaza ishingiro ry’ibirego byashinjwaga abaganga babiri ba Baho International Hospital by’uburangare bwaganishije ku rupfu rwa...
Imibare y’agateganyo ivuga ko abantu 40 ari bo bamaze kubarurwa ko bapfiriye mu mpanuka y’indege yabereye muri Nepal. Iriya ndege yari irimo abantu 72, ikaba yavaga muri Nepal rwagati ijya Pokhara ha...
Minisitiri w’umutekano wa Uganda witwa Gen Jim Muhwezi yabwiye Inteko ishinga amategeko ko Minisiteri ayoboye yatanze umushinga w’ingengo y’imari ingana na Miliyari Shs 21.9 yo kugura imodoka nshya zi...
Aliko Dangote yubatse uruganda rwa mbere runini muri Afurika ruyungurura ibikomoka kuri Petelori. Ruzatahwa taliki 24, Mutarama, 2023 na Perezida wa Nigeria Muhamud Buhari. Ni urwa mbere muri Afurika...









