Skip to content
Hot News

Abanya Venezuela Bari Guhabwa Intwaro Zo Kuzahangana Na Amerika

Rwanda: Umunya Slovenia Atwaye Isiganwa Ry’Isi Mu Bagabo Batwara Igare

Amasezerano Y’u Rwanda N’Ibirwa Bya Trinidad And Tobago Mu Bwikorezi

Muhanga: Ba Nyiri Ibirombe Bibukijwe Gushyira Abakozi Muri Ejo Heza

Ubushinwa: Huzuye Ikiraro Cya Mbere Kiri Ku Butumburuke Buruta Ubundi Ku Isi

Abangavu B’Abanyarwakazi Batsinzwe Bahabwa Amadolari

My Blog

My WordPress Blog

Menu
Saturday, December 6, 2025

Umwanditsi wa Taarifa

  • Mu Rwanda

Huye: Ikamyo Ya Howo Yishe Umwana

Ku muhanda wa Rwabuye- Mbazi, haraye habereye impanuka yakozwe n’ikamyo yo mu bwoko bwa Howo ihitana umwana w’umukobwa w’imyaka itatu. Uwari utwaye iriya modoka yahise atorokana nayo. Ni amakuru yemej...

Umwanditsi wa Taarifa
January 18, 2023
Read More
  • Imyidagaduro

Kenya: Aba ‘Bouncers’ Bifuza Kujya Bitwaza Imbunda Mu Kazi

Ihuriro ry’abanyabigango bo muri Kenya ryitwa The Bouncers Association of Kenya ryavuze ko rigiye gusaba Leta ya Kenya kubemerera kujya bitwaza imbunda. Bayisabye ko yazabatoza uko imbunda zikoreshwa ...

Umwanditsi wa Taarifa
January 17, 2023
Read More
  • Ubukungu

Imigambi Migari Y’Iterambere Ry’Ubuhinzi Mu Rwanda

Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi mu Rwanda ivuga ko ifite imigambi itandatu(6) migari yo kuvugurura ubuhinzi bukagera ku rwego rwiza. Iyi migambi yatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’u...

Umwanditsi wa Taarifa
January 17, 2023
Read More
  • Mu Rwanda

Rwanda: Muri Kiliziya Hari Uwicaraga Abanje ‘Guhitamo’ Uwo Bicarana

Padiri Lambert Iraguha ni umwe mu bapadiri  bashyizeho uburyo bwo guhuza Abanyarwanda binyuze mu isanamitima. Yabwiye abitabiye inama nyunguranabitekerezo k’ubumwe n’ubudaheranwa by’Abanyarwanda ko ha...

Umwanditsi wa Taarifa
January 17, 2023
Read More
  • Mu mahanga

Umuvuno Wa Gisirikare W’u Bufaransa Nyuma Yo Kuva Muri Mali

Ingabo z’u Bufaransa ziherutse kuzinga utwangushye ziva Bamako muri Mali aho zari zimaze igihe zivuga ko zahaje kugira ngo zihagarure umudendezo wahabuze kubera iterabwoba. Ibikorwa byitwa Operation S...

Umwanditsi wa Taarifa
January 17, 2023
Read More
  • Mu mahanga

Tanzania: Umuturage Yicwa N’Inyamaswa Buri Masaha 52

Imibare ivuga ko abaturage ba Tanzania bari mu bicwa n’inyamaswa z’ishyamba kubera imiturire itubahiriza imbago z’ibyanya bikomye. Raporo yitwa The 2020/24 Report of The National Strategy on Controlli...

Umwanditsi wa Taarifa
January 17, 2023
Read More
  • Mu Rwanda

Ingabo Z’Ibihugu Bya EAC Zigiye Kwitoreza Mu Rwanda

Guhera kuri uyu wa Mbere Taliki 16, Mutarama, 2023 mu Rwanda hatangijwe imyitozo ikomatanyije ihuriza hamwe ingabo zo mu bihugu bigize Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba, EAC. Ni imyitozo ngarukamwa...

Umwanditsi wa Taarifa
January 17, 2023
Read More
  • Mu Rwanda

Isomwa Ry’Urubanza Rwa Bamporiki Ryasubitswe

Taarifa yamenye ko isomwa ry’urubanza rwa Edouard Bamporiki ryasubitswe kubera ko ubwanditsi bw’urukiko rukuru rwajuririwe butararangiza kwandika umwanzuro warwo. Byari biteganyijwe ko ari busomerwe k...

Umwanditsi wa Taarifa
January 16, 2023
Read More
  • Ubukungu

Rwanda: Guverinoma Igiye Gushyira Miliyari Frw 27 Mu Kunoza Imisorere

Leta y’u Rwanda ibinyujije mu kigo cy’igihugu cy’imisoro n’amahoro yatangaje ko igiye kwigomwa nibura Miliyari Frw  27 Frw mu rwego rwo kuvugurura no kunoza  gahunda z’imisoro. Perezida Kagame aheruts...

Umwanditsi wa Taarifa
January 16, 2023
Read More
  • Mu mahanga

Uwari Uhagarariye Uganda Muri Kenya Yapfuye

Dr.Hassan Wasswa Galiwango wari ugarariye Uganda muri Kenya no muri Seychelles yatabarutse nk’uko byatangajwe na Visi Minisitiri w’Intebe akaba ashinzwe n’umubano wa Uganda n’ibihugu bya EAC witwa Reb...

Umwanditsi wa Taarifa
January 16, 2023
Read More
1...106107108109110...121
Copyright © 2025 My Blog | Powered by News Magazine X