Skip to content
Hot News

Abanya Venezuela Bari Guhabwa Intwaro Zo Kuzahangana Na Amerika

Rwanda: Umunya Slovenia Atwaye Isiganwa Ry’Isi Mu Bagabo Batwara Igare

Amasezerano Y’u Rwanda N’Ibirwa Bya Trinidad And Tobago Mu Bwikorezi

Muhanga: Ba Nyiri Ibirombe Bibukijwe Gushyira Abakozi Muri Ejo Heza

Ubushinwa: Huzuye Ikiraro Cya Mbere Kiri Ku Butumburuke Buruta Ubundi Ku Isi

Abangavu B’Abanyarwakazi Batsinzwe Bahabwa Amadolari

My Blog

My WordPress Blog

Menu
Sunday, December 7, 2025

Umwanditsi wa Taarifa

  • Imyidagaduro

Umugore Wa Chameleone Yamaganye Ibyo Umugabo We Aherutse Gukorera Umumotari

Daniella Atima Mayanja arasaba inzego z’umutekano gufata kandi zigakurikirana umugabo we Jose Chameleone uherutse gufatwa amashusho akubita umumotari. Uyu mugore yavuze ko umuntu wese uhohotera abandi...

Umwanditsi wa Taarifa
January 21, 2023
Read More
  • Ubukungu

2023:Ubukungu Bw’u Rwanda Buzazamukaho 7.8%

Ni imibare yatangajwe na Banki Nyafurika y’iterambere, AfDB. Abahanga b’iyo banki bongeraho ko iyo basuzumye basanga mu mwaka wa 2024 ubukungu bw’u Rwanda buzazamuka ku kigero cya 8.1%. Hagati aho Min...

Umwanditsi wa Taarifa
January 21, 2023
Read More
  • Mu mahanga

Abagore Bari Barashimutanywe N’Abana Babohojwe

Inzego z’umutekano za Burkina Faso zabohoje abagore 27 n’abana babo 39 bari barashimuswe n’ibyihebe bikekwa ko ari ibyo muri Islamic State, ishami ry’Afurika y’i Burengerazuba. Mu mpera z’Icyumweru gi...

Umwanditsi wa Taarifa
January 21, 2023
Read More
  • Mu mahanga

Yapfuye Avuye Mu Nama Y’Abaminisitiri

Michael Moussa Adamo wari ushinzwe ububanyi n’amahanga muri Gabon yaraye atabarutse avuye mu nama y’Abaminisitiri. BBC yanditse ko bikekwa ko yazize umutima. Uyu mugabo wari ufite imyaka 62 y’amavuko ...

Umwanditsi wa Taarifa
January 21, 2023
Read More
  • Ubukungu

Rwanda: Amafaranga Asubizwa Abasora Babyemerewe N’Amategeko ‘Agiye Kongerwa’

Mu rwego rwo gushakira ibisubizo ibibazo abanyenganda bagaragaje ku byerekeye umusoro ubaremereye, Ikigo cy’imisoro n’amahoro cyatangaje ko cyongereye ingano y’ayo gifata ku musoro ku nyungu kinjije, ...

Umwanditsi wa Taarifa
January 21, 2023
Read More
  • Mu Rwanda

Minisitiri Biruta Yaganiriye N’Abahagarariye Ibihugu Byabo Mu Rwanda

Dr. Vincent Biruta yagiranye ikiganiro n’abahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda. Nta makuru arambuye aravugwa ku byo yaganiriye nabo, ariko uwagenekereza akavuga ko bagarutse ku murongo u Rwanda rwafas...

Umwanditsi wa Taarifa
January 20, 2023
Read More
  • Mu mahanga

Abarusiya Bahaye Mali Indege Nyinshi Z’Intambara

Ubutegetsi bw’i Bamako bwakiriye indege nyinshi z’intambara bwahawe n’u Burusiya. Ziri mu bwoko bwa Sukhoï Su-25, indege zirwanira k’ubutaka n’izindi zitanga umusada mu kirere bita  Albatros L-39. Ubw...

Umwanditsi wa Taarifa
January 20, 2023
Read More
  • Mu Rwanda

Icyicaro Cya Polisi Mu Mujyi Wa Kigali Cyimuwe

Guhera ku wa Mbere taliki 23, Mutarama, 2023, Ibiro bikuru bya Polisi y’u Rwanda mu Mujyi wa Kigali bizimukira ahahoze hakorera CNLG hafi ya AVEGA Agahozo hafi y’ibitaro bya La Croix du Sud. Itangazo ...

Umwanditsi wa Taarifa
January 20, 2023
Read More
  • Mu Rwanda

Rwamagana: Bamwibye $32,500 Yari Yabikijwe N’Umuvandimwe

Mu Karere ka Rwamagana mu Murenge wa Gahengeri haherutse gufatirwa umusore na mushiki we bakurikiranyweho kwiba umuntu $32,500 yari abitse iwe. Uwibwe yabwiye itangazamakuru ko ayo mafaranga yari yara...

Umwanditsi wa Taarifa
January 20, 2023
Read More
  • Mu mahanga

Gusubiza Itangazamakuru Ni Ukwihangana Nka Yobu-Karine Jean Pierre Uvugira Amerika

Umunyamabanga wa Leta zunze z’Amerika ushinzwe itangazamakuru n’itumanaho witwa Karine Jean Pierre yanditse kuri Twitter ko akazi akora kamusaba kwihangana nk’uko Yobu wo muri Bibiliya yihanganiye ibi...

Umwanditsi wa Taarifa
January 20, 2023
Read More
1...103104105106107...121
Copyright © 2025 My Blog | Powered by News Magazine X