Daniella Atima Mayanja arasaba inzego z’umutekano gufata kandi zigakurikirana umugabo we Jose Chameleone uherutse gufatwa amashusho akubita umumotari. Uyu mugore yavuze ko umuntu wese uhohotera abandi...
Ni imibare yatangajwe na Banki Nyafurika y’iterambere, AfDB. Abahanga b’iyo banki bongeraho ko iyo basuzumye basanga mu mwaka wa 2024 ubukungu bw’u Rwanda buzazamuka ku kigero cya 8.1%. Hagati aho Min...
Inzego z’umutekano za Burkina Faso zabohoje abagore 27 n’abana babo 39 bari barashimuswe n’ibyihebe bikekwa ko ari ibyo muri Islamic State, ishami ry’Afurika y’i Burengerazuba. Mu mpera z’Icyumweru gi...
Michael Moussa Adamo wari ushinzwe ububanyi n’amahanga muri Gabon yaraye atabarutse avuye mu nama y’Abaminisitiri. BBC yanditse ko bikekwa ko yazize umutima. Uyu mugabo wari ufite imyaka 62 y’amavuko ...
Mu rwego rwo gushakira ibisubizo ibibazo abanyenganda bagaragaje ku byerekeye umusoro ubaremereye, Ikigo cy’imisoro n’amahoro cyatangaje ko cyongereye ingano y’ayo gifata ku musoro ku nyungu kinjije, ...
Dr. Vincent Biruta yagiranye ikiganiro n’abahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda. Nta makuru arambuye aravugwa ku byo yaganiriye nabo, ariko uwagenekereza akavuga ko bagarutse ku murongo u Rwanda rwafas...
Ubutegetsi bw’i Bamako bwakiriye indege nyinshi z’intambara bwahawe n’u Burusiya. Ziri mu bwoko bwa Sukhoï Su-25, indege zirwanira k’ubutaka n’izindi zitanga umusada mu kirere bita Albatros L-39. Ubw...
Guhera ku wa Mbere taliki 23, Mutarama, 2023, Ibiro bikuru bya Polisi y’u Rwanda mu Mujyi wa Kigali bizimukira ahahoze hakorera CNLG hafi ya AVEGA Agahozo hafi y’ibitaro bya La Croix du Sud. Itangazo ...
Mu Karere ka Rwamagana mu Murenge wa Gahengeri haherutse gufatirwa umusore na mushiki we bakurikiranyweho kwiba umuntu $32,500 yari abitse iwe. Uwibwe yabwiye itangazamakuru ko ayo mafaranga yari yara...
Umunyamabanga wa Leta zunze z’Amerika ushinzwe itangazamakuru n’itumanaho witwa Karine Jean Pierre yanditse kuri Twitter ko akazi akora kamusaba kwihangana nk’uko Yobu wo muri Bibiliya yihanganiye ibi...









