Nyuma y’uko ibiraro bibiri byahuzaga Akarere ka Muhanga n’Akarere ka Gakenke bisenywe n’ibiza, Guverinoma y’u Rwanda igeze kure yubaka ikiraro kinyura mu kiere kizahuza ibi bice byombi. Kigeze kuri 85...
Ubutabera bwa Uganda bwatumije umuhanzi uri mu bamamaye kurusha abandi mu Karere Uganda iherereyemo witwa Jose Chameleone kugira ngo asobanure ku byo aregwa byo guhohotera umumotari. Byabaye ubwo umum...
Kristalina Georgieva uyobora Ikigega Mpuzamahanga cy’Imari, IMF, yaraye i Kigali mu ruzinduko rw’iminsi itatu. Yageze ku kibuga mpuzamahanga cy’indege cya Kigali ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri tali...
Ibiro by’Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda byasohoye ‘irindi’ tangazo ryiyama ubutegetsi bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo ribusaba guhagarika ubushotoranyo bwayo. Ni nyuma y’uko indi ndege y’int...
Nyuma y’amagambo akomeretsa yakorewe umusifuzi mpuzamahanga w’Umunyarwandakazi witwa Rhadia Salma Mukansanga mu mpera z’icyumweru cyarangiye Taliki 22, Mutarama, 2023, FERWAFA yatangije iperereza kuri...
Umutwe w’iterabwoba witwa Islamic State watangarije kuri Telegram ko ari wo wagabye igitero cyahitanye abantu 23 ku Cyumweru taliki 22, Mutarama, 2023 mu Mujyi wa Beni, uyu ukaba umurwa mukuru wa Kivu...
Mu gitondo cya kare kuri uyu wa Kabiri taliki 24, Mutarama, 2023, umugororwa witwa Jean Damascène Ntawukuriryayo wari warakatiwe gufungwa burundu kubera ubwicanyi yatorotse ‘igororero’ rya Nyanza. Ama...
Col Sérge Mavinga yaguye muri gereza ya Ndolo aho yari amaze amezi make afungiwe kubera ibyo yari akurikiranyweho birimo igikomeye cyo ‘gukorana n’umwanzi’. Umwanditsi mukuru w’ikinyamakuru Afrikarabi...
Mu Murenge wa Kigabiro mu Karere ka Rwamagana hari abacuruzi bavuga ko bagura n’abanyerondo ibikoresho cyangwa imyaka runaka ku giciro gito bibwira ko ari ibyabo nyamara ari ibyo bibye abaturage. Abo...
Ikipe ya REG Volleyball Club y’abagabo na APR Volleyball Club y’abagore ni zo zegukanye Shampiyona ya Volleyball y’u Rwanda y’umwaka w’imikino wa 2022-2023. Kuri iki Cyumweru taliki ya 22 Mutarama, 20...









